Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, yongeye kw’i basira ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 6, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, yongeye kw’i basira ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kwibasira i Gihugu cy’u Rwanda, arushinja kuba rutera inkunga imitwe y’iterabwoba.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi Perezida Evariste Ndayishimiye yabivuze ubwo yakiraga k’u wa Gatanu, w’i Cyumweru gishize, abahagarariye ibihugu byabo mu Burundi.

Muri icyo kiganiro cyahuje Abadiplomate na Evariste Ndayishimiye, perezida yavuze ko u Rwanda rufasha umutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi bwe.

Yagize ati: “U Burundi nabwo ntibwigeze bugirirwa impuhwe n’iterabwoba. Twasoje umwaka mu cyunamo cy’abana bacu, ababyeyi bacu, abavandimwe ndetse n’abashiki bacu bazize igitero cy’iterabwoba cyateguriwe mu gihugu cy’u Rwanda duturanye.”

“Twatunguwe cyane no kubona iki gihugu cy’u Rwanda gishaka ibyihebe mu nkambi y’impunzi ya Mahama, kikabaha imyitozo, imbunda cyitwikiriye amategeko mpuzamahanga yo kurengera impunzi.”

Evariste Ndayishimiye yakomozaga ku gitero Inyeshamba za Red Tabara zagabye mu Gatumba hafi y’u mupaka w’u Burundi na RDC.

Leta y’u Burundi ivuga ko icyo gitero cyiciwemo abasivile 20. Ibyo Red Tabara yateye utwatsi hubwo itangaza ko abo bishe ari Abasirikare icyenda n’u mupolisi umwe.

Perezida Evariste Ndayishimiye kuva mbere yakomeje avuga ko icyicyaro gikuru cy’u mutwe wa Red Tabara kiba mu Rwanda.

Ubwo perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yashinjaga bwa mbere ko u Rwanda rutera inkunga umutwe wa Red Tabara, Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo inyomoza ibyo bashinjwa na perezida w’u Burundi.

Muri iryo tangazo ry’u Rwanda rya vuga ko nta mutwe n’umwe urwanya ubutegetsi bw’i ki gihugu ikorana nawo ndetse ko nta nuratera u Burundi avuye k’u butaka bw’u Rwanda.

Kuva ibintu byongeye kuzamba hagati y’u Rwanda n’u Burundi, abarundi bakomeje gushinja u Rwanda kuba rwaranze gutanga abakekwaho kugerageza gukubita Coup d’etat yo muri 2015, abo leta y’u Burundi ivuga ko baherereye i Kigali.

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste NdayishimiyePerezida Paul KagameYongeye kw'i basira ubutegetsi bwa Kigali
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umusesenguzi Zache Byinshi, yavuze aho M23 ivana imbaraga n’igituma ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa.

Umusesenguzi Zache Byinshi, yavuze aho M23 ivana imbaraga n'igituma ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?