• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 14, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, yongeye kw’i basira ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

minebwenews by minebwenews
February 6, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, yongeye kw’i basira ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kwibasira i Gihugu cy’u Rwanda, arushinja kuba rutera inkunga imitwe y’iterabwoba.

Ibi Perezida Evariste Ndayishimiye yabivuze ubwo yakiraga k’u wa Gatanu, w’i Cyumweru gishize, abahagarariye ibihugu byabo mu Burundi.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Muri icyo kiganiro cyahuje Abadiplomate na Evariste Ndayishimiye, perezida yavuze ko u Rwanda rufasha umutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi bwe.

Yagize ati: “U Burundi nabwo ntibwigeze bugirirwa impuhwe n’iterabwoba. Twasoje umwaka mu cyunamo cy’abana bacu, ababyeyi bacu, abavandimwe ndetse n’abashiki bacu bazize igitero cy’iterabwoba cyateguriwe mu gihugu cy’u Rwanda duturanye.”

“Twatunguwe cyane no kubona iki gihugu cy’u Rwanda gishaka ibyihebe mu nkambi y’impunzi ya Mahama, kikabaha imyitozo, imbunda cyitwikiriye amategeko mpuzamahanga yo kurengera impunzi.”

Evariste Ndayishimiye yakomozaga ku gitero Inyeshamba za Red Tabara zagabye mu Gatumba hafi y’u mupaka w’u Burundi na RDC.

Leta y’u Burundi ivuga ko icyo gitero cyiciwemo abasivile 20. Ibyo Red Tabara yateye utwatsi hubwo itangaza ko abo bishe ari Abasirikare icyenda n’u mupolisi umwe.

Perezida Evariste Ndayishimiye kuva mbere yakomeje avuga ko icyicyaro gikuru cy’u mutwe wa Red Tabara kiba mu Rwanda.

Ubwo perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yashinjaga bwa mbere ko u Rwanda rutera inkunga umutwe wa Red Tabara, Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo inyomoza ibyo bashinjwa na perezida w’u Burundi.

Muri iryo tangazo ry’u Rwanda rya vuga ko nta mutwe n’umwe urwanya ubutegetsi bw’i ki gihugu ikorana nawo ndetse ko nta nuratera u Burundi avuye k’u butaka bw’u Rwanda.

Kuva ibintu byongeye kuzamba hagati y’u Rwanda n’u Burundi, abarundi bakomeje gushinja u Rwanda kuba rwaranze gutanga abakekwaho kugerageza gukubita Coup d’etat yo muri 2015, abo leta y’u Burundi ivuga ko baherereye i Kigali.

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste NdayishimiyePerezida Paul KagameYongeye kw'i basira ubutegetsi bwa Kigali

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Umusesenguzi Zache Byinshi, yavuze aho M23 ivana imbaraga n’igituma ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa.

Umusesenguzi Zache Byinshi, yavuze aho M23 ivana imbaraga n'igituma ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • INTWARI MAJOR BYINSHI KIJUGUMBA: Hashize Umwaka Umwe Havuzwe Amakuru y’Urupfu Rwe mu Minembwe
  • Imirwano Hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za RDC na MRDP-Twirwaneho Yongeye Kuvugwa i Fizi
  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?