• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, February 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umurundi yishe umugore we n’abandi bari kumwe mu nzu.

minebwenews by minebwenews
July 30, 2025
in Conflict & Security
0
Umurundi yishe umugore we n’abandi bari kumwe mu nzu.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umurundi yishe umugore we n’abandi bari kumwe mu nzu.

You might also like

AFC/M23 n’Ingabo za Leta Bongeye Guhangana Bikomeye mu Bice bya Masisi

“Intwari Zivuka mu Makuba”-Ubusesenguzi bwa Kabare William ku Rugamba rw’Akarengane mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Minembwe: Ihuriro ry’Ingabo za Leta ryasubijwe inyuma, MRDP-Twirwaneho na M23 byongera gufata igenzura ry’ibice bikomeye

Umugabo w’Umurundi uri mu kigero cy’imyaka 45, yishe arashe umugore we, umwana, n’umurezi, ndetse kandi akomeretsa n’Umugabo w’Umushi yasanze mu rugo iwe, na we ubwe arangije arirasa apfana n’abo mu rugo rwe.

Mu ijoro ryo ku wa mbere rishyira ku wa kabiri tariki ya 29/07/2025, ni bwo kiriya gikorwa kigayitse cyabaye.

Amakuru Minembwe Capital News yahawe agaragaza ko byabereye mu Minembwe mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo.

Uwakoze icyo gikorwa akaba yitwa Minani, warusanzwe akorera akazi muribi bice, ko kuragira Inka no guhinga.

Ubuhamya twahawe bugira buti: “Minani yarashatse umukobwa w’Umunyamulenge, mu ijoro ryo ku wa mbere, yageze iwe mu rugo, asanga rurimo Umushi, niko guhita amurasa, amurasana n’umugore we n’umwana ndetse n’umurezi. Arangije na we arirasa.”

Burongera bukagira buti: “Minani, umugore we,umwana n’umurezi barapfuye, ariko Umushi we yarakometse.”

Uyu Minani wakoze kiriya gikorwa kibi, aya makuru akomeza avuga ko “yaramaze igihe kirekire akorera mu Banyamulenge, kandi ko ahanini yakoreye cyane cyane mu Minembwe, ari nabyo byatumye yubakana n’umukobwa wabo.

Tags: MinaniMinembweUmugore weUmwana n'umureziYishe arashe
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 n’Ingabo za Leta Bongeye Guhangana Bikomeye mu Bice bya Masisi

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
AFC/M23 n’Ingabo za Leta Bongeye Guhangana Bikomeye mu Bice bya Masisi

AFC/M23 n’Ingabo za Leta Bongeye Guhangana Bikomeye mu Bice bya Masisi Imirwano ikomeye irakomeje mu gace ka Kasenyi, muri teritwari ya Masisi, aho abasirikare ba AFC/M23 bakomeje guhangana...

Read moreDetails

“Intwari Zivuka mu Makuba”-Ubusesenguzi bwa Kabare William ku Rugamba rw’Akarengane mu Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
“Intwari Zivuka mu Makuba”-Ubusesenguzi bwa Kabare William ku Rugamba rw’Akarengane mu Karere k’Ibiyaga Bigari

"Intwari Zivuka mu Makuba"-Ubusesenguzi bwa Kabare William ku Rugamba rw’Akarengane mu Karere k’Ibiyaga Bigari Mu kiganiro kirambuye yahaye Minembwe Capital News, umusesenguzi uzwi cyane mu Banyamulenge, Girinka Kabare...

Read moreDetails

Minembwe: Ihuriro ry’Ingabo za Leta ryasubijwe inyuma, MRDP-Twirwaneho na M23 byongera gufata igenzura ry’ibice bikomeye

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Ibitero Bikaze by’Ingabo z’u Burundi, iza FARDC na FDLR ku Baturage byasubijwe Inyuma n’Umutwe Urwanira Abaturage

Minembwe: Ihuriro ry’Ingabo za Leta ryasubijwe inyuma, MRDP-Twirwaneho na M23 byongera gufata igenzura ry’ibice bikomeye Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, muri teritwari ya Minembwe, intara ya...

Read moreDetails

Ubutumwa bw’Umwe mu Bayobozi ba AFC/M23 Buca Amarenga ku Rupfu rwa Willy Ngoma

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Auto Draft

Ubutumwa bw’Umwe mu Bayobozi ba AFC/M23 Buca Amarenga ku Rupfu rwa Willy Ngoma Mu gihe amakuru akomeje gukwirakwira ku rupfu rwa Lt Col Willy Ngoma, wari Umuvugizi w’igisirikare...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ntambara Yahinduye Isura mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ntambara Yahinduye Isura mu Burasirazuba bwa RDC

Icyo Amakuru Avuga ku Ntambara Yahinduye Isura mu Burasirazuba bwa RDC Ibikorwa bya gisirikare bikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho imirwano...

Read moreDetails
Next Post
Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n'abatwara ibinyabiziga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?