• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

minebwenews by minebwenews
July 30, 2025
in Regional Politics
0
Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havutse umwuka mubi mu Burundi hagati ya Leta n’abatwara ibinyabiziga.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Umwuka mubi wavutse hagati ya guverinoma y’u Burundi n’abatwara abagenzi mu buryo busanzwe, ibyanatumye ingendo zihuza umujyi wa Bujumbura n’i ntara zitandukanye zihagarara.

Igihugu cy’u Burundi kimaze igihe kinini kirimo ibura ry’ibikomoka kuri peteroli, aho ndetse aba batwara ibinyabiziga bagiye bigendera kuza bajya kubyishakira muri RDC na Tanzania.

Amakuru avuga ko iyo bagiye kubyishakira, ijerikani ya litilo 20 bayigura amarundi ari hagati y’ibihumbi 300 na 350.

Kubera amafaranga menshi bagura lisansi na mazutu ndetse n’ikiguzi mu buryo bwa rusange bigiriye inama yo kuzamura ibiciro by’ingendo mu rwego rwo kwirinda kugwa mu gihombo.

Rero, Leta yamaganye izamurwa ry’ibiciro by’ingendo, ishyiraho amande kuva ku bihumbi 200 by’amafaranga y’Amarundi kugeza kuri miliyoni 1 y’amafaranga y’Amarundi, ariko abafatirwa ibi bihano bagaragaza ko ari akarengane.

Umwe mu bashoferi yabwiye itangazamakuru ko bashyize abagenzi mu modoka. Ahakorerwa ubugenzuzi, ubuyobozi bwabajije amafaranga bishyuye, bavuga ko ari amarundi ibihumbi 10 kugera i Bubanza. Batiriwe bumva ibisobanuro byacu, baduciye miliyoni imwe.”

Undi na none yagize ati: “Batangiye baduca amande y’ibihumbi 200, nyuma bajya ku bihumbi 500, none ubu bageze kuri miliyoni;” yongeyeho ko “hari n’abashoferi bafunzwe bazira kuzamura ibiciro by’ingendo.”

Nyuma y’aho amande igejejwe kuri miliyoni y’Amarundi, abatwara abagenzi babavana i Bujumbura, babajyana mu zindi ntara, tariki ya 27/07/2025, bahise bafata icyemezo cyo guhagarika gutwara abagenzi kugeza igihe Leta izakemura ikibazo cyabo.

Umunsi wa kurikiyeho, muri gare nkuru iherereye mu Ngagara i Bujumbura nta modoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yahagaragaraga, nyamara abagenzi bo bari benshi, babuze ayo bacira n’ayo bamira.

Mu zindi ntara ziri muri Gitega , Rugombo n’ahandi mu gihugu naho nta modoka zitwara abagenzi zihagaragara.

Umugenzi umwe yabwiye ikinyamakuru cya BBC ati: “Naraye muri gare, ndaburara kubera ko ndashobora kurya itike.”

Yongeraho ati: “N’ubu turongera kurara aha. Ibi bintu biragoye.”

Ikibazo cy’ibura ry’ibikomoka kuri peteroli cyarenze ububasha bwa Leta ya perezida Evariste Ndayishimiye, nubwo rimwe na rimwe agaragaza ko ntagihari, kuko hari igihe atangariza abanyagihugu ko agiye kugitunganya, bigashyirira aho.

Abatwara abagenzi bavuga ko leta kubera ko nta bikomoka kuri peteroli itanga, ikwiye kubareka, kandi n’abo ubwabo bakumvikana n’abagenzi aho kugira ngo ubuzima buhagarare.

Tags: Abatwara abagenzileta yu BurundiUmwuka mubi
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.

Ibikorwa bya gisirikare bya AFC/M23 biri kurushaho kwiyongera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?