Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusirikare uri mu bakomeye muri m23, byari byavuzwe ko yapfuye, nimuzima.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 31, 2024
in Regional Politics
0
Umusirikare uri mu bakomeye muri m23, byari byavuzwe ko yapfuye, nimuzima.
139
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare uri mu bakomeye muri m23, byari byavuzwe ko yapfuye, nimuzima.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Mu minsi itatu ishyize, ibinyamakuru byinshi byo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, byari byatangaje ko Col Kanyimibwa wo muri m23 yaguye mu mirwano iri kubera i Walikale, ariko ni muzima kandi ntanaho yakomeretse, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga.

Aya makuru yavugaga ko Col Kanyimibwa yaguye mu rugamba ruheruka gusakiranya umutwe wa m23 n’igisirikare kirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa mu nkengero za Pinga ho muri teritwari ya Walikale.

Ni mu gihe ibyemweru bibiri bishyize intambara ikomeje kubica bigacika muri Kivu y’Amajyaruguru, ku mpande zibiri zishamiranye.

Iyi ntambara yasize aba barwanyi ba m23 bigaruriye ibice byinshi byo muri teritwari ya Masisi, nk’ahitwa Kalembe n’ibindi bice byo muri Walikale birimo na Pinga.

Kimwecyo, iyi mirwano ntabwo yigeze igwamo Col Kanyamibwa, nk’uko byari byatangajwe n’ibitangazamakuru bikorera mu kwaha kwa perezida Félix Tshisekedi.
Mu makuru yizeye MCN yahawe n’umwe mu barwanyi ba m23 yavuze ko uwo musirikare ahari kandi ko atanigeze akomereka.

Yagize ati: “Iyo nkumbwira ngo nseka ingano za Tshisekedi zitangaza amakuru y’ibihuha, nibi mba nkumbwira. Col Kanyamibwa arahari ni muzima nk’amategeko.”

Col Kanyamibwa ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 52 y’amavuko; yinjiye igisirikare ahagana mu mwaka w’ 1991 akaba yari njiriye i Nakivale ho mu gihugu cya Uganda.

Muri uyu mutwe wa m23, uyu musirikare akuriye ibikorwa bya “training wing” aho yungirijwe na Col Byinshi.

Twanabwiwe ko avuka muri teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: Col KanyamibwaM23Ni Muzima
Share56Tweet35Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kuri Tshisekedi wiriwe i Kampala ejo hashize, uyu munsi akaba ari i Bujumbura.

Ibyo wa menya kuri Tshisekedi wiriwe i Kampala ejo hashize, uyu munsi akaba ari i Bujumbura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?