• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 12, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusirikare uri mu bakomeye muri m23, byari byavuzwe ko yapfuye, nimuzima.

minebwenews by minebwenews
October 31, 2024
in Regional Politics
0
Umusirikare uri mu bakomeye muri m23, byari byavuzwe ko yapfuye, nimuzima.
139
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare uri mu bakomeye muri m23, byari byavuzwe ko yapfuye, nimuzima.

You might also like

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

Mu minsi itatu ishyize, ibinyamakuru byinshi byo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, byari byatangaje ko Col Kanyimibwa wo muri m23 yaguye mu mirwano iri kubera i Walikale, ariko ni muzima kandi ntanaho yakomeretse, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga.

Aya makuru yavugaga ko Col Kanyimibwa yaguye mu rugamba ruheruka gusakiranya umutwe wa m23 n’igisirikare kirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa mu nkengero za Pinga ho muri teritwari ya Walikale.

Ni mu gihe ibyemweru bibiri bishyize intambara ikomeje kubica bigacika muri Kivu y’Amajyaruguru, ku mpande zibiri zishamiranye.

Iyi ntambara yasize aba barwanyi ba m23 bigaruriye ibice byinshi byo muri teritwari ya Masisi, nk’ahitwa Kalembe n’ibindi bice byo muri Walikale birimo na Pinga.

Kimwecyo, iyi mirwano ntabwo yigeze igwamo Col Kanyamibwa, nk’uko byari byatangajwe n’ibitangazamakuru bikorera mu kwaha kwa perezida Félix Tshisekedi.
Mu makuru yizeye MCN yahawe n’umwe mu barwanyi ba m23 yavuze ko uwo musirikare ahari kandi ko atanigeze akomereka.

Yagize ati: “Iyo nkumbwira ngo nseka ingano za Tshisekedi zitangaza amakuru y’ibihuha, nibi mba nkumbwira. Col Kanyamibwa arahari ni muzima nk’amategeko.”

Col Kanyamibwa ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka 52 y’amavuko; yinjiye igisirikare ahagana mu mwaka w’ 1991 akaba yari njiriye i Nakivale ho mu gihugu cya Uganda.

Muri uyu mutwe wa m23, uyu musirikare akuriye ibikorwa bya “training wing” aho yungirijwe na Col Byinshi.

Twanabwiwe ko avuka muri teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: Col KanyamibwaM23Ni Muzima
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC Guverinoma y'u Rwanda yamaganye ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bushinja ingabo zarwo kuryanisha Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kuri Tshisekedi wiriwe i Kampala ejo hashize, uyu munsi akaba ari i Bujumbura.

Ibyo wa menya kuri Tshisekedi wiriwe i Kampala ejo hashize, uyu munsi akaba ari i Bujumbura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?