• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusirikare wa FARDC, yiciwe mu myigaragabyo ikarishye yazindukiye mu marembo y’u Mujyi wa Goma.

minebwenews by minebwenews
March 5, 2024
in Regional Politics
0
Umusirikare wa FARDC, yiciwe mu myigaragabyo ikarishye yazindukiye mu marembo y’u Mujyi wa Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yiciwe mu myigaragabyo irimo kubera i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ni mu myigaragabyo yazindukiye i Mugunga, mu marembo y’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iy’i myigaragabyo bivugwa ko abayirimo bafunze umuhanda wa Goma-Sake, aho bafungiye neza n’imugace kitwa Kimashini, nk’uko amakuru abivuga.

Baramagana iyicwa ry’u musivile waraye yishwe mu ijoro ryakeye ryo ku itariki ya 04/03/2024, aho bivugwa ko yishwe n’abantu baje bambaye imyambaro y’igisikare cya FARDC. Akaba yarishwe igihe c’isaha ya saa mbili ziri joro ryo k’uwa Mbere.

Mu makuru yizewe dukesha isoko yacu ahamya ko iyo myigaragabyo yakozwe nabimuwe mubyabo kubera intarambara bo mu nkambi ya CBCA, aho bahise baja mu mihanda mu gitondo cyakare.

Abo bakuwe mu byabo bakavuga ko bakomeje kwicwa no kugirirwa nabi n’igisirikare cya FARDC na Wazalendo, ndetse na FDLR.

Kubera uburakari bwinshi aba bari mu myigaragabyo bahagaritse urujya n’uruza rw’imodoka ku muhanda wa Goma-Sake.

Aharero niho umwe mu basirikare ba leta ya Kinshasa yahageze baramufata baza ku mwica.

Abigaragambya bari kuvuga bati: “Ubu bwicanyi bukorerwa abasivile bugomba guhagarara, turaburambiwe, nti dushobora guhangana n’inzara ngo hiyongereho n’ubu bwicanyi.”

Abantu 12 n’ababiri nibo bamaze kumenyekana ko bishwe kuva mu kwezi gushize kugeza ubu. Ubu bwicanyi bukorerwa ahanini abaturiye Quartier ya Lac Vert na Mugunga, ahari abimuwe benshi bahunze intambara mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru.

      MCN.
Tags: GomaImyigaragambyoYaguyemo umusirikare wa FARDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
EU, yagaragaje imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Kinshasa nk’isoko y’intambara idashira, hagati aho i Nyanzare, ihuriro ry’ingabo za RDC bakubitswe ahababaza.

EU, yagaragaje imiyoborere mibi y'ubutegetsi bwa Kinshasa nk'isoko y'intambara idashira, hagati aho i Nyanzare, ihuriro ry'ingabo za RDC bakubitswe ahababaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?