• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutekano wa Banyamulenge wo ngeye kuzamba mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2024
in Regional Politics
0
Umutekano wa Banyamulenge wo ngeye kuzamba mu Bibogobogo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano wongeye kuzamba mu Bibogobogo, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ahagana isaha z’u mugoroba wa joro, zo kumunsi w’ejo hashize tariki ya 18/02/2024, ni bwo abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bakoreraga muri aka gace batangiye kuzinga utwabo mu buryo bwo ku hava cyangwa ibyo bakunze kwita “gukomboka,” nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Nahano Justin, yagize ati: “Ku mu goroba ikambi y’abasirikare ba FARDC yari ahitwa Kavumu, bayivuyemo bigaba kwa Rushingana, ariko niyo nzira barakomeza bagana i Baraka. Imitima y’abaturage yongeye kugira ubwoba bwinshi, kuko abasirikare bari babafatiye runini.”

Nyuma y’uko FARDC ivuye mu i kambi yabo yari Kavumu, bye mejwe n’abaturage ko yahise y’injiramo Wazalendo(Maï Maï).

Ati: “Kavumu yabagamo abasirikare ba FARDC barebwa nu mu Lieutenant, aba basirikare bamaze kuhava, Wazalendo nabo barinjira, bahita batumiza aba Chef bo mu Bibogobogo ku bashakira iposho no ku bakira.”

Umwaka ushize mu Bibogobogo hakoreraga abasirikare ba FARDC ba barigwa muri 750, aba baje kuhavanwa mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023, boherezwa mu bice byo muri teritware ya Uvira. Muri icyo gihe abaturage kandi byabateye ubwoba. Gusa muri abo basirikare hasigaye bake bayobowe nu musirikare w’u mu Major uzwi ku izina rya Prince.

Umuturage ya bwiye Minembwe Capital News ko abasirikare ba bibwiriye ko bari buve bose mu Bibogobogo, kuri uyu wa Mbere hakaza abandi, ariko uwatanze ay’amakuru nti yavuze igihe abo bandi bazaza.

Ati: “Umwe muri aba basirikare ba FARDC ya tubwiye ko abasirikare bose ba FARDC bari buve hano mu Bibogobogo hakaza abandi. Kandi aba bari kuhava baraza kwerekeza i Baraka.”

Hagati mu myaka ya 2018, 2019, 2020 na 2021, Abanyamulenge bo mu Bibogobogo bahuye n’intambara ikomeye, ni mugihe bagabwaho ibitero n’inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï Bishambuke. Izo ntambara zasise zisenye akarere kabo, zihitana n’Abanyamulenge batari bake abandi benshi bagana iy’ubungiro.

Kuri ubu bari batangiye ko ngera kwirema no kubaka i mihana igize aka karere. Umwaka ushize havuzwe ko hari ingo zaba Banyamulenge zari zahungutse harimo n’urugo rwumwe wa hungutse ava mu gihugu cya Zambia.

Bi Bogobogo ni agace gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, Abapfulero, Ababembe n’Abanyindu. Muri aba baturage abenshi bahaturiye ni Abanyamulenge.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyamulengeFardcUmutekanoWazalendoWongeye kuzamba mu Bibogobogo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
U butegetsi bwa perezida Paul Kagame, bwerekanye uko buhagaze nyuma y’uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u Rwanda.

U butegetsi bwa perezida Paul Kagame, bwerekanye uko buhagaze nyuma y'uko leta ya Kinshasa yongeye kugaragaza ko ishaka gutera u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?