Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umutwe wa Islamic State wigambye gukora igitero ku bantu barimo gusenga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 29, 2025
in Conflict & Security
0
Umutwe wa Islamic State wigambye gukora igitero ku bantu barimo gusenga.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Islamic State wigambye gukora igitero ku bantu barimo gusenga.

You might also like

AFC/M23 yakubise ahababaza Katanyama (FARDC) inayambura uduce tubiri.

Inkongi y’umuriro yatwitse amazu Nyiragongo n’i Bukavu.

Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State ukorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wigambye kuba ari wo wagabye igitero ku basivili mu gace ka komanda mu ntara ya Ituri.

Iki gitero cyaguyemo abantu 45 barimo basenga muri Ekeleziya gatolika iherereye Komanda.

Amakuru avuga ko Islamic State mukubica yarikumwe n’umutwe wa Alliance Democratic Forces(ADF) bikorana byahafi.

Mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 27/07/2025, ni bwo iki gitero cyakozwe.

Ibi byagaragaje ko umutwe wa ADF ugifite ubushobozi bwo kugira nabi muri turiya duce nubwo turimo abasirikare ba FARDC.

Kimwecyo, Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyo cyasobanuye ko iki gitero cyashobotse kubera ko hari bamwe mu baturage ba komanda bagiye bafasha uyu mutwe wa ADF.

Kuva mu 2012 ingabo RDC n’iza Uganda zifatanyije mu bitero byo guhiga umutwe wa ADF mu ntara ya Ituri ihana imbibi na Uganda. Ariko nk’uko bigaragara nuko zitarawuhashya.

Umwe mu bapdiri bari aho biciye abantu yavuze ko “bakanguwe kubera bumvise amasasu ndetse kandi ko babonye n’amazu arimo gushya igihe cya saa saba z’ijoro kugeza saa kumi z’igitondo.”

Yakomeje avuga ko nyuma y’igitero ni bwo babonye ko bakoze ubwicanyi muri kiliziya gatolika. Avuga ko bobonye abagabo bitwaje imbunda n’imipanga bica abagore n’abagabo ndetse n’abana batandu.

Amerika ibinyujije kuri minisitiri wayo w’ubanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko Islamic State yigabye iki gitero kandi wigamba n’ibindi bikorwa na ADF kuva Islamic State yakwemera ADF nk’umwe mu mitwe iyigize.

Nubwo uyu mutwe uvuga ko ukomoka muri Uganda, ariko ibikorwa byawo byibasira Abanye-Congo kurusha aba Uganda.

Gushyingura abishwe byabaye ku wa mbere ejo hashize.

Tags: Islamic StateKomandaYigambye igitero
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yakubise ahababaza Katanyama (FARDC) inayambura uduce tubiri.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.

AFC/M23 yakubise ahababaza Katanyama(FARDC ) inayambura uduce tubiri. Ingabo za Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 zikomeje kwagura ibirindiro byazo, nyuma y'uko zihashije ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Inkongi y’umuriro yatwitse amazu Nyiragongo n’i Bukavu.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Inkongi y’umuriro yatwitse amazu Nyiragongo n’i Bukavu.

Inkongi y'umuriro yatwitse amazu Nyiragongo n'i Bukavu. Tumwe mu duce two mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, twadutsemo inkongi y'umuriro utwika amazu arimo n'ay'ubucuruzi, nk'uko amakuru...

Read moreDetails

Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa. Ubushinjacyaha bw'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwasabye urukiko rukuru rwa Kinshasa gukatira François Beya wabaye umujyanama wihariye wa perezida...

Read moreDetails

FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho. Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyahakanye ibyo umutwe wa Twirwaneho ugishinja by'uko gitoza abarwanyi ba FDLR kugira ngo bice...

Read moreDetails

AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo.

AFC/M23 yahaye Radio Okapi gasopo. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryamaganye Radio Okapi ku mpamvu z'uko ikunze gutangaza amakuru avuga nabi iri huriro rigenzura igice kinini cy'u...

Read moreDetails
Next Post
Inkongi y’umuriro yatwitse amazu Nyiragongo n’i Bukavu.

Inkongi y'umuriro yatwitse amazu Nyiragongo n'i Bukavu.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?