• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wagize icyo uvuga ku myanzuro yafatiwe i Luanda.

minebwenews by minebwenews
August 1, 2024
in Regional Politics
0
Abarimo abayobozi bakuru bo muri AFC/M23, basabiwe igihano cy’urupfu, ndetse bategekwa no kwishura amande.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wagize icyo uvuga ku myanzuro yafatiwe i Luanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu itangazo ryashizweho hanze n’umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka kuri uyu wa Kane tariki ya 01/08/2024.

Itangazo riteweho umukono na Lawrence Kanyuka ritangira rivuga ko M23 yakurikiranye ibiganiro byabereye i Luanda mu gihugu cya Angola bigamije gushaka amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC, byahuje leta ya Kinshasa n’iya Kigali.

Ibi biganiro bikaba byaratangiye ku ya 30/07/2024, muribyo biganiro u Rwanda, Congo na Angola, bemezanya ko impande zishyamiranye mu Burasirazuba bwa RDC, zihagarika imirwano guhera tariki ya 04/08/2024.

Iri tangazo rya M23 rigakomeza rivuga ko “uyu mutwe wa M23 wifuza gushimira abagize uruhare bose mu kugera kuri uyu mwanzuro unyuze mu mahoro ku bibazo byinshi biri mu Burasirazuba bwa RDC.

M23 turifuza gushimangira ko atari itegeko ko turebwa n’ibyemezo byafatiwe mu nama izo ari zo zose mu gihe tuba tutazitabiriye.”

Muri iri tangazo, M23 yakomeje isobanura ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwagiye bukoresha umwanya wo guhagarika intambara mu kwisuganya no gukomeza ibikorwa bihonyora uburenganzira bwa bamwe mu Banye-kongo bazizwa ubwoko bwabo, ndetse no kugaba ibitero ku nzirakarengane ndetse n’abaharanira uburenganzira bwabo natwe turimo.”

Uyu mutwe waboneyeho kwibutsa ko tariki ya 07/10/2023, wubaharije umwanzuro wo guhagarika intambara mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke, ariko ko icyo gihe bitabujije uruhande bahanganye ku wugabaho ibitero, bigatuma rwo rwinaho no kurwana ku baturage bugarijwe.

Lawrence Kanyuka yagize kandi ati: “AFC/M23 yiteguye kugendera mu nzira nziza y’impinduka mu gihe uruhande rw’ubufatanye bwa Guverinoma ya Kinshasa bwokubaha.”

Yanasoje avuga ko inzira yonyine yagarura amahoro, ari ibiganiro bya politiki byawuhuza imbonankubone na Guverinoma ya Kinshasa ari na yo iri inyuma y’ibibazo byose bikomeje kugaragara mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

             MCN.
Tags: Imyanzuro ya LuandaM23Yagize icyo ibivugaho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hahishuwe ibyo igihugu cya Koreya ya Ruguru gitegura gukora, mu gihe Donald Trump yotsinda amatora.

Hahishuwe ibyo igihugu cya Koreya ya Ruguru gitegura gukora, mu gihe Donald Trump yotsinda amatora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?