• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, w’ungutse amaboko mashya.

minebwenews by minebwenews
June 7, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, w’ungutse amaboko mashya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa w’ungutse amaboko mashya.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ishyaka rya Front Citoyen pour la dignite du Congo, ryatangaje ko ryahisemo kwiyunga ku ihuriro rya AFC ribarizwamo M23, mu rwego rwo gushyira iherezo ku bikorwa bibi by’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Iri shyaka ryemeje ko ryiyunze na AFC/M23 biciye mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi waryo, Amani Steven.

Iri shyaka rigizwe na bamwe mu Banyekongo baba mu mahanga n’imbere mu gihugu.

Itangazo rivuga ko kubera igihugu gikomeje kujya habi ndetse leta y’iki gihugu ikaba ikomeje kunanirwa kubera manda itavugwaho rumwe kandi yateje imvururu ya bwana Félix Tshisekedi.

Rikomeza rivuga ko kubera izo mpamvu abagize iri shyaka bafashye icyemezo cyo kwihuza na M23 kugira ngo barushyeho gushakira hamwe icyazana amahoro n’umutekano mu baturage ba Congo Kinshasa.

Ikindi iri shyaka rishira imbere ni ukurwanya ubutegetsi bwa Kinshasa ngo kubera ko busesagura ubutunzi bw’i gihugu, ndetse kandi bukabunyereza, gusahura umutungo kamere wacyo ugahabwa ibihugu bikize kurusha ibindi ku Isi, ruswa, kutubahiriza itegeko nshinga, kuba igihugu nta bikorwa remezo kigira, ubujura bw’amajwi yabaye mu matora yo mu 2023.

Ku bwa FCDC, guhuza imbaraga na AFC/M23 biri mu rwego rwo kubaka ahazaza heza ha Repubulika ya demokarasi ya Congo binyuze mu gushyigikira ibyifuzo by’abanyekongo.

Iri shyaka rikorera i Ottawa kandi rivuga ko rishyize imbere imikoranire n’uriya mutwe ku bw’ubumwe ndetse n’icyubahiro cy’Abanyekongo.

             MCN.
Tags: Amaboko mashyaIshyakaM23Yungutse
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi yanze kwitabira inama igira iya 23 y’umuryango wa Afrika y’iburasizuba (EAC).

Perezida Félix Tshisekedi yanze kwitabira inama igira iya 23 y'umuryango wa Afrika y'iburasizuba (EAC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?