• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi yanze kwitabira inama igira iya 23 y’umuryango wa Afrika y’iburasizuba (EAC).

minebwenews by minebwenews
June 8, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi yanze kwitabira inama igira iya 23 y’umuryango wa Afrika y’iburasizuba (EAC).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Félix Tshisekedi yanze kwitabira inama igira iya 23 y’umuryango wa Afrika y’iburasizuba (EAC).

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Ni kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 07/06/2024, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yanze kwitabira inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu by’umuryango wa EAC, ntiyagena n’umuhagararira.

Iyi nama yategujwe n’ubunyamabanga bukuru bwa EAC, abakuru b’ibihugu bagomba kwemeza umunyabanga mukuru mushya w’uyu muryango, Veronica Mueni wasimbuye Dr Peter Mathuki wagizwe ambasaderi wa Kanya mu Burusiya n’umucamanza w’urukiko rw’uyu muryango.

Indi ngingo yateganyijwe ni iyereye kuri raporo y’umuyobozi mukuru wa EAC akaba na perezida wa Sudan y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, ku ngendo yagiriye mu Rwanda, Uganda na RDC ariko yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu bitanu mu munani bigize uyu muryango, gusa Tshisekedi, Ndayishimiye na Ruto barabura.

Perezida wahawe ijambo wa mbere ni Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda. Yashimiye Salva Kiir Mayardit ku bw’izi ngendo yagize zari zigamije gutanga umusanzu mu kuzahura umubano w’u Rwanda, RDC n’u Burundi wazambye, agaragaza ko icyo EAC yifuza ari uko RDC by’u mwihariko yagira amahoro.

Perezida Salva Kiir Mayardit yahamagaye Tshisekedi cyangwa umuhagarariye, amenyeshwa ko adahari. Ntabwo uyu muryango watangaje impamvu Tshisekedi atitabiriye iyi nama irebana cyane n’umutekano w’u Burasirazuba bwa RDC umaze igihe kinini warazambye.

Urubuga rwa Africa intelligence rwatangaje ko Tshisekedi yanze kwitabira iyi nama bitewe n’impamvu perezida William Ruto wa Kenya aherutse gutangaza ko abarwanyi b’u mutwe wa M23 ari Abanyekongo, bityo ko ikibazo cyabo kidakwiye kwegekwa ku Rwanda.

Mu kiganiro na Jeunne Afrique cyakozwe mu kwezi kwa Gatanu, 2023, perezida wa Kenya, William Ruto yagize ati: “Nk’abakuru b’ibihugu twahuriye mu nama tubaza tuti ‘ese abantu ba M23 ni Abanyarwanda cyangwa ni Abanyekongo? Maze RDC iravuga ngo ni Abanyekongo’. Impamvu zari zarangiye. Niba se ari Abanyakongo gihinduka ikibazo cy’u Rwanda gite?”

Perezida Ruto na we utitabiriye iyi nama we yahagaririwe na minisitiri w’intebe akaba na minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Kenya, Musalia Mudavadi, Ndayishimiye we ahagararirwa na visi perezida w’u Burundi, Prosper Bazombaza. Impamvu yo kutitabira iyi nama kw’aba bakuru b’ibihugu nayo ntabwo yatangajwe.

Abitabiriye iyi nama y’abakuru b’ibihugu by’umuryango wa EAC, ni perezida w’u Rwanda Paul Kagame, Salva Kiir Mayardit wa Sudan y’Epfo, Samia Suluhu wa Tanzania, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Hassan Sheikh Muhamud wa Somalia.

Umunyamabanga mukuru wa EAC yatangaje ko ba minisitiri b’ubanyi n’amahanga bo muri uyu muryango batazarenza ukwezi bataraganira ku bikubiye muri raporo yuruzinduko rwa Salva Kiir mu Rwanda, u Burundi na RDC.

         MCN.
Tags: Abakuru b'ibihuguEACTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yishongeye kubo yita abanzi b’u Burundi, maze ashira Imana imbere.

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye yishongeye kubo yita abanzi b'u Burundi, maze ashira Imana imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?