• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa m23 wongeye kumvana imitsi mu rugamba rukaze n’ihuriro ry’Ingabo za RDC muri Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa m23 wongeye kumvana imitsi mu rugamba rukaze n’ihuriro ry’Ingabo za RDC muri Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa m23 wongeye kumvana imitsi mu rugamba rukaze n’ihuriro ry’Ingabo za RDC muri Kivu Yaruguru.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 20/08/2024, urugamba rwongeye kubura hagati ya m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa muri teritwari ya Lubero, aha akaba ari mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iyi ntambara ko yabereye ahitwa Katwa, muri iyi teritwari ya Lubero ndetse kandi indi mirwano ikaba yarabereye mu nkengero zo muri ako gace ku muhanda wa Kirumba-Kikovu-Kamandi.

Nk’uko bisobanurwa nuko iyo mirwano yarimo iba nyuma y’uko abarwanyi ba FPP/AP bazwiho gukorana byahafi n’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bari bagabye ibitero mu birindiro bya m23.

Ibi byanemejwe n’uruhande rwa m23 aho ruvuga ko ingabo za FARDC, FDLR, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo bagabye ibitero ahatuwe n’abaturage no mu birindiro byabo, ndetse kandi uyu mutwe wa m23 unavuga ko ibyo bitero byakozwe n’uruhande rw’ingabo za leta ya Kinshasa byangije byinshi harimo ko byahitanye abaturage ndetse byangiza n’ibikorwa remezo byo muri utwo duce.

Gusa, byarangiye m23 isubije ibyo bitero inyuma, kandi ikaba igikomeje kugenzura ibice yagenzuraga mbere y’uko ibyo bitero bibaganwaho.

Iyi mirwano ibaye mu gihe hari hashize iminisi irenga ine ntahavuzwe imirwano, bitandukanye na mbere, kuko mu ntangiriro zakiriya cyumweru dusoje, havuzwe intambara ikaze mu bice byo muri Grupema ya Binza.

Ariko nubwo imirwano ikomeje kuba, impande zihanganye, ziri mu gahenge kasabwe mu biganiro biheruka guhuza u Rwanda na RDC mu gihugu cya Angola.

            MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCKitwaM23Rukazeurugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare kiyobowe na Gen Kainarugaba Muhoozi cyasenyaguye ibirindiro by’abarwanyi ba LRA.

Igisirikare kiyobowe na Gen Kainarugaba Muhoozi cyasenyaguye ibirindiro by'abarwanyi ba LRA.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?