• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare kiyobowe na Gen Kainarugaba Muhoozi cyasenyaguye ibirindiro by’abarwanyi ba LRA.

minebwenews by minebwenews
August 21, 2024
in Regional Politics
0
Igisirikare kiyobowe na Gen Kainarugaba Muhoozi cyasenyaguye ibirindiro by’abarwanyi ba LRA.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare kiyobowe na Gen Kainarugaba Muhoozi cyasenyaguye ibirindiro by’abarwanyi ba LRA.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20/08/2024, ingabo za UPDF zatangaje ko zagabye ibitero ku birindiro bya Joseph Kany washinze umutwe witwaje imbunda wa LRA muri Repubulika ya Centrafrique, ziwambura ibikoresho byinshi by’agisirikare.

Ahagana mu 1987 nibwo umutwe wa LRA washinzwe na Joseph Kony, kandi awushinga agamije ku rwanya ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda.

Amakuru yagiye atangwa kuva mu myaka yashize nuko abarwanyi ba Joseph Kany bamwe baba muri Repubulika ya demokarasi ya Congo abandi bakaba baba mu mashyamba yo muri iki gihugu cya Repubulika ya Centrafrique, ndetse no muri Sudan.

Bikaba binasanzwe bizwi ko Joseph Kony yashyiriweho impapuro zo kumuta muri yombi kuva mu 2005 ariko kugeza ubu ntarafatwa.

Mu 2017, leta ya Kampala n’iya Washington DC zahagaritse ibikorwa byo kurwanya LRA, zisobanura ko itakiri umutwe uteye impungenge ku rwego rw’umutekano, bitewe n’uko nta birindiro bizwi abarwanyi bawo bari bagifite.

Nyuma byaje kugaragara ko LRA ikiriho ubwo abarwanyi bayo bagaragaraga muri Centrafrique, hafi y’umupaka w’iki gihugu na Sudan y’Epfo.

Ibiro bikuru by’ingabo za Uganda byatangaje ko zagabye ibitero ku birindiro bikomeye bya Joseph Kany biherereye mu Burasirazuba by’akarere ka Sam Ouandja kari mu majyaruguru ya Centrafrique.

Ibi biro byagize biti: “Uyu munsi tariki ya 20/08/2024, abakomando ba UPDF ku bufatanye n’ingabo za Sudan y’Epfo na Repubulika ya Centrafrique, bagabye ibitero ku birindiro bitatu bya Joseph Kany muri Centrafrique, mu Burasirazuba bwa Sam Ouandja.”

Binavuga kandi ko “ibyo birindiro kwari bitatu byasenywe byose, kandi hafatwigwamo n’ibikoresho byinshi by’agisirikare. Abarwanyi ba LRA bahungiye muri Centrafrique cyangwa ahandi ku mu gabane wa Afrika bazahigwa.”

Iki gisirikare cya Uganda kiyobowe na Gen Kainarugaba Muhoozi, cyatangaje kandi ko abarwanyi ba LRA bakwiye kurambika imbunda hasi bagasubizwa mu buzima busanzwe, bitaruko bazakomeza guhigwa ndetse kandi bakomeze gufatwa nk’abanyabyaha.

              MCN.
Tags: CentrafriqueLRAUPDFZasenyaguye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Icyihishe inyuma ya ESPN, yise perezida Paul Kagame w’u Rwanda umunyagitugu.

Icyihishe inyuma ya ESPN, yise perezida Paul Kagame w'u Rwanda umunyagitugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?