• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23, mu bya gisirikare, ari i Rutsuru, ya buriye Perezida Félix Tshisekedi, ko ingabo ze zigiye gukubitwa kubi!

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’u mutwe w’Inyeshamba wa M23, Major Willy Ngoma, yakuriye inzira k’u murima, Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ku bya heruka gutangaza mu gihe cye, cyo kwiyamamaza ko abanyekongo, nibaramuka ba mutoye azirukana M23 k’u butaka bwa RDC.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Major Willy Ngoma, ni umuvugizi w’u mutwe wa M23, mu bya gisirikare, ari mu bicye, bya teritware ya Rutsuru, ku Cy’umweru, tariki ya 24/12/2023, yasubiye mu bya Tshisekedi, maze ahishurira Abaturage ba Rutsuru ko Ingabo za RDC, zidafite n’umunsi umwe kwigarurira santimetre imwe yo mu bicye bigenzurwa na M23.

Ati: “Ndabahamiriza neza ko ihuriro ry’Ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa, zitazigera n’umunsi umwe zitwambura habe na santimetre imwe yo nyine.”

Yabivuze mu gihe ibinyamakuru bya Congo Kinshasa, k’u wa Gatandatu, byari byatangaje ko Localite ya Karuba, Wazalendo bayambuye ingabo za M23.

Ibi kandi major Willy Ngoma, yabivuze yerekana ibyo Tshisekedi, yasezeranije abanyekongo mu bihe yarimo agenda yiyamaza ku mwanya w’umukuru w’Igihugu. Ubwo Tshisekedi, yiyamaza bwa nyuma tariki 18/12/2023, ari i Kinshasa, yavuze ko mu gihe “Ingabo za ARC/M23, zibeshe zikongera gufata agace gato gusa ati cangwa ba kagerageza kurasa by’ibuze isasu rimwe i Goma, ko azahita agaba igitero gikaze ku gihugu c’u Rwanda.”

Major Willy Ngoma, aha yarahageze avuga atarya umunwa.

Ati: “Ingabo za RDC, n’abambari babo, aribo Fdlr, Wazalendo na Bacanshuro, tuzabakubita bazabura iyo bakwigwa. Nabo barabizi neza ko tubashoboye.”

Hagati aho imirwano hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC, n’umutwe wa M23, irakomeje kuva kuri uyu wa Kane, w’icyumweru gishize aho M23 ikomeje gufata izindi santire z’ingenzi z’iherereye mu nkengero za Sake.

Kuri ubu ingabo za M23, zigeze mu bilometre 7 n’u Mujyi wa Sake, nawo ubarizwa mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Major Willy NgomaRutsuruUmuvugizi wa M23 mu bya gisirikareYaburiye Tshisekedi ko ingabo ze zigiye gukubitwa kubi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa M23, watabarije abanyekongo, bakomeje kwicwa, bazira Ubutegetsi b'u bi, bwa Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?