• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23, mu bya gisirikare, ari i Rutsuru, ya buriye Perezida Félix Tshisekedi, ko ingabo ze zigiye gukubitwa kubi!

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’u mutwe w’Inyeshamba wa M23, Major Willy Ngoma, yakuriye inzira k’u murima, Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ku bya heruka gutangaza mu gihe cye, cyo kwiyamamaza ko abanyekongo, nibaramuka ba mutoye azirukana M23 k’u butaka bwa RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Major Willy Ngoma, ni umuvugizi w’u mutwe wa M23, mu bya gisirikare, ari mu bicye, bya teritware ya Rutsuru, ku Cy’umweru, tariki ya 24/12/2023, yasubiye mu bya Tshisekedi, maze ahishurira Abaturage ba Rutsuru ko Ingabo za RDC, zidafite n’umunsi umwe kwigarurira santimetre imwe yo mu bicye bigenzurwa na M23.

Ati: “Ndabahamiriza neza ko ihuriro ry’Ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa, zitazigera n’umunsi umwe zitwambura habe na santimetre imwe yo nyine.”

Yabivuze mu gihe ibinyamakuru bya Congo Kinshasa, k’u wa Gatandatu, byari byatangaje ko Localite ya Karuba, Wazalendo bayambuye ingabo za M23.

Ibi kandi major Willy Ngoma, yabivuze yerekana ibyo Tshisekedi, yasezeranije abanyekongo mu bihe yarimo agenda yiyamaza ku mwanya w’umukuru w’Igihugu. Ubwo Tshisekedi, yiyamaza bwa nyuma tariki 18/12/2023, ari i Kinshasa, yavuze ko mu gihe “Ingabo za ARC/M23, zibeshe zikongera gufata agace gato gusa ati cangwa ba kagerageza kurasa by’ibuze isasu rimwe i Goma, ko azahita agaba igitero gikaze ku gihugu c’u Rwanda.”

Major Willy Ngoma, aha yarahageze avuga atarya umunwa.

Ati: “Ingabo za RDC, n’abambari babo, aribo Fdlr, Wazalendo na Bacanshuro, tuzabakubita bazabura iyo bakwigwa. Nabo barabizi neza ko tubashoboye.”

Hagati aho imirwano hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC, n’umutwe wa M23, irakomeje kuva kuri uyu wa Kane, w’icyumweru gishize aho M23 ikomeje gufata izindi santire z’ingenzi z’iherereye mu nkengero za Sake.

Kuri ubu ingabo za M23, zigeze mu bilometre 7 n’u Mujyi wa Sake, nawo ubarizwa mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Major Willy NgomaRutsuruUmuvugizi wa M23 mu bya gisirikareYaburiye Tshisekedi ko ingabo ze zigiye gukubitwa kubi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa M23, watabarije abanyekongo, bakomeje kwicwa, bazira Ubutegetsi b'u bi, bwa Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?