Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23, mu bya gisirikare, ari i Rutsuru, ya buriye Perezida Félix Tshisekedi, ko ingabo ze zigiye gukubitwa kubi!

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’u mutwe w’Inyeshamba wa M23, Major Willy Ngoma, yakuriye inzira k’u murima, Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ku bya heruka gutangaza mu gihe cye, cyo kwiyamamaza ko abanyekongo, nibaramuka ba mutoye azirukana M23 k’u butaka bwa RDC.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Major Willy Ngoma, ni umuvugizi w’u mutwe wa M23, mu bya gisirikare, ari mu bicye, bya teritware ya Rutsuru, ku Cy’umweru, tariki ya 24/12/2023, yasubiye mu bya Tshisekedi, maze ahishurira Abaturage ba Rutsuru ko Ingabo za RDC, zidafite n’umunsi umwe kwigarurira santimetre imwe yo mu bicye bigenzurwa na M23.

Ati: “Ndabahamiriza neza ko ihuriro ry’Ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa, zitazigera n’umunsi umwe zitwambura habe na santimetre imwe yo nyine.”

Yabivuze mu gihe ibinyamakuru bya Congo Kinshasa, k’u wa Gatandatu, byari byatangaje ko Localite ya Karuba, Wazalendo bayambuye ingabo za M23.

Ibi kandi major Willy Ngoma, yabivuze yerekana ibyo Tshisekedi, yasezeranije abanyekongo mu bihe yarimo agenda yiyamaza ku mwanya w’umukuru w’Igihugu. Ubwo Tshisekedi, yiyamaza bwa nyuma tariki 18/12/2023, ari i Kinshasa, yavuze ko mu gihe “Ingabo za ARC/M23, zibeshe zikongera gufata agace gato gusa ati cangwa ba kagerageza kurasa by’ibuze isasu rimwe i Goma, ko azahita agaba igitero gikaze ku gihugu c’u Rwanda.”

Major Willy Ngoma, aha yarahageze avuga atarya umunwa.

Ati: “Ingabo za RDC, n’abambari babo, aribo Fdlr, Wazalendo na Bacanshuro, tuzabakubita bazabura iyo bakwigwa. Nabo barabizi neza ko tubashoboye.”

Hagati aho imirwano hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC, n’umutwe wa M23, irakomeje kuva kuri uyu wa Kane, w’icyumweru gishize aho M23 ikomeje gufata izindi santire z’ingenzi z’iherereye mu nkengero za Sake.

Kuri ubu ingabo za M23, zigeze mu bilometre 7 n’u Mujyi wa Sake, nawo ubarizwa mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Major Willy NgomaRutsuruUmuvugizi wa M23 mu bya gisirikareYaburiye Tshisekedi ko ingabo ze zigiye gukubitwa kubi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa M23, watabarije abanyekongo, bakomeje kwicwa, bazira Ubutegetsi b'u bi, bwa Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?