• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23, mu bya gisirikare, ari i Rutsuru, ya buriye Perezida Félix Tshisekedi, ko ingabo ze zigiye gukubitwa kubi!

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’u mutwe w’Inyeshamba wa M23, Major Willy Ngoma, yakuriye inzira k’u murima, Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ku bya heruka gutangaza mu gihe cye, cyo kwiyamamaza ko abanyekongo, nibaramuka ba mutoye azirukana M23 k’u butaka bwa RDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Major Willy Ngoma, ni umuvugizi w’u mutwe wa M23, mu bya gisirikare, ari mu bicye, bya teritware ya Rutsuru, ku Cy’umweru, tariki ya 24/12/2023, yasubiye mu bya Tshisekedi, maze ahishurira Abaturage ba Rutsuru ko Ingabo za RDC, zidafite n’umunsi umwe kwigarurira santimetre imwe yo mu bicye bigenzurwa na M23.

Ati: “Ndabahamiriza neza ko ihuriro ry’Ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa, zitazigera n’umunsi umwe zitwambura habe na santimetre imwe yo nyine.”

Yabivuze mu gihe ibinyamakuru bya Congo Kinshasa, k’u wa Gatandatu, byari byatangaje ko Localite ya Karuba, Wazalendo bayambuye ingabo za M23.

Ibi kandi major Willy Ngoma, yabivuze yerekana ibyo Tshisekedi, yasezeranije abanyekongo mu bihe yarimo agenda yiyamaza ku mwanya w’umukuru w’Igihugu. Ubwo Tshisekedi, yiyamaza bwa nyuma tariki 18/12/2023, ari i Kinshasa, yavuze ko mu gihe “Ingabo za ARC/M23, zibeshe zikongera gufata agace gato gusa ati cangwa ba kagerageza kurasa by’ibuze isasu rimwe i Goma, ko azahita agaba igitero gikaze ku gihugu c’u Rwanda.”

Major Willy Ngoma, aha yarahageze avuga atarya umunwa.

Ati: “Ingabo za RDC, n’abambari babo, aribo Fdlr, Wazalendo na Bacanshuro, tuzabakubita bazabura iyo bakwigwa. Nabo barabizi neza ko tubashoboye.”

Hagati aho imirwano hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC, n’umutwe wa M23, irakomeje kuva kuri uyu wa Kane, w’icyumweru gishize aho M23 ikomeje gufata izindi santire z’ingenzi z’iherereye mu nkengero za Sake.

Kuri ubu ingabo za M23, zigeze mu bilometre 7 n’u Mujyi wa Sake, nawo ubarizwa mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Major Willy NgomaRutsuruUmuvugizi wa M23 mu bya gisirikareYaburiye Tshisekedi ko ingabo ze zigiye gukubitwa kubi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa M23, watabarije abanyekongo, bakomeje kwicwa, bazira Ubutegetsi b'u bi, bwa Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?