• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23, watabarije abanyekongo, bakomeje kwicwa, bazira Ubutegetsi b’u bi, bwa Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo .

minebwenews by minebwenews
December 26, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23, watabarije abanyekongo bakomeje ku ‘rira!’ kubera ‘ubwicanyi no kurenganywa, ahanini ba bikorerwa n’ubutegetsi bubi bwa Perezida Félix Tshisekedi.’

Umutwe wa M23, binyuze mu muvugizi wayo mu bya politike, Lawrence kanyuka, yagize ati: “Turahamagarira amahanga, [ku tirengagiza gutaka kwa banyekongo], baja Katanga bavuye i Kisangani, bakanyura muri Kivu Yaruguru.”

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

“Tuzahora twibutsa abakomeye biy’Isi, ko leta ya Kinshasa, yananiwe gufasha abaturage b’Igihugu ba bereye abayobozi.”

“Reka Tubibutse ko ibyo Perezida Félix Tshisekedi, ashoboye ari ikintu kimwe gusa, ni uguteza akavuyo mu gihugu, naho iterambere ryara munaniye.”

Yunzemo kandi ati: “Abaturage bari i Katanga, ko baricwa n’abari i Kisangani, tu tibagiwe abari mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo[Abanyamulenge n’Abatutsi muri rusange].”

Kanyuka, yasoje avuga ati: “Ubu bugome abakongomani bari gukorerwa bari mu ku bukorerwa n’Ingabo za , FARDC, FDLR, Wagner, n’ingabo z’u Burundi, zibarizwa mu Burasirazuba bwa RDC.”

Hari n’amakuru avuga ko ingabo z’u Burundi, zifasha FARDC, kurwanya M23, ko basabuye amaduka y’abaturage i Karuba, ku Cyumweru, tariki ya 25/12/2023, ibi binemezwa n’umuvugizi wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Kanyuka, yatabarije abaturage ba Kongo, harimo n’a Bakatanga, mu gihe Gen John Numbi, yari yanditse k’u rukuta rwe rwa X, ko Katanga y’aba irihafi kuba Repubulika, y’igenga.

Yagize ati: “Abifuza ko Katanga y’aba Repubulika n’ibande?”

Bruce Bahanda.

Tags: Iratabariza abanyekongo bakomeje kwicwaM23Ubutegetsi b'u bi bwa Perezida Félix Tshisekedi

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post

Amatora muri RDC , azasiga byinshi, birimo na kaga kashikiye umudamu wa ku biswe byo gupfa, azira amadeni yafashwe, mu kw'iyamamaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • RDC : Incendie à Kingabwa, des interrogations sur le fonctionnement des services de secours
  • RDC: Inkongi y’Umuriro i Kingabwa, Ibibazo ku Mikorere y’Inzego z’Ubutabazi
  • Les déclarations des FARDC sur les combats à Masisi contredisent la réalité sur le terrain
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?