• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje iki giye gukurikiraho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zishe abasivile.

minebwenews by minebwenews
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje iki giye gukurikiraho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zishe abasivile.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yahishuye ibyo M23 igiye gukora nyuma yuko ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, bishe abasivile muri Mweso, ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni k’u wa Kane, tariki ya 25/01/2024, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zarashe ibisasu muri Mweso, bisiga bihitanye abasivile barimo abana n’abagore ndetse n’abagabo.

Lt Col Willy Ngoma, ubwo yatangaga ikiganiro kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/01/2024, kuri channel ya Bwiza Tv, yahishuye iki giye gukurikiraho nyuma y’uko bariya basivile bishwe.

Willy Ngoma, yagize ati: “M23 igiye gukora ibishoboka byose kugira iriya mbunda yakoreshejwe mu kwica abasivile ifatwe . Nta bwo tuzihanganira abakomeza kuduhekurira abasirivile bo mu gihugu cyacu, oya.”

Lt Col Willy Ngoma, yavuze ibi, mu gihe umutwe M23 wasohoye itangazo rya magana ubwo bwicanyi bwa korewe Abasivile muri Mweso, n’itangazo ryashizwe ho umukono n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Mur’iryo tangazo bagize bati: “Nyuma y’iki gitero hagaragaye ibi babaje, aho imirambo y’impinja, iy’abagore n’abagabo, yari iri ku mabaraza. Inzu, insengero n’amashuri byasenyutse.”

Itangazo rya M23 rigaragaza n’imibare yabaguye muri icyo gitero, rivuga ko “hishwe abasivile 20, abandi 17 barakomereka ndetse n’abandi benshi bava mu byabo.”

Itangazo rya M23 rishimangira rigira riti: “Bimaze ku garagara ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwa maze kunanirwa n’urugamba, bananiwe guhangana na M23, none abarwanyi babwo bahinduye ingendo bari kwica abasivile.”

Itangazo rikomeza rivuga ko M23 itahwemye kumenyesha imiryango Mpuzamahanga ubu bwicanyi bukorerwa abasivile kandi bakicwa n’ingabo za leta ya Kinshasa.

M23 ivuga ko ibi byose ari perezida Félix Tshisekedi ubiri inyuma, bityo ko akwiye kuryozwa ubu bwicanyi akorera Abaturage.

Basoje bavuga ko M23 ifite inshingano zo kurinda umutekano wa baturage ko kandi batazakomeza kurebera ibi byaha bikomeje kwisubiraho.

M23 ivuga kandi ko kiriya gitero ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zagikoze bakoresheje imbunda zirimo intwaro yo mu bwoko bwa Katiusha irasa kure ndetse n’indege zitagira abapilote zizwi nka drone.

Bruce Bahanda.

Tags: Lt Col Willy NgomaMwesoUmuvugizi wa M23 mu bya gisirikare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .

Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?