• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, yaburiye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Tshilombo ko abo abereye umuvugizi ko bari maso.

minebwenews by minebwenews
February 25, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, yaburiye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Tshilombo ko abo abereye umuvugizi ko bari maso.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col. Willy Ngoma yavuze ko ingabo za M23 ziri maso ko kandi ziteguye kurinda abaturage no kurasa batabebera ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Tshilombo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byo Lt Col. Willy Ngoma yatangaje k’u mugoroba wo k’uwa Gatandatu, tariki ya 24/02/2024.

Ibi, Willy Ngoma yabitangaje akoresheje urubuga rwe rwa X, avuga ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, n’abo bafatanije kurwanya umutwe wa M23 ko bakoresheje imbaraga z’u murengera mukurasa ibisasu biremereye mu baturage baturiye Sake, no mu nkengero zaho.

Ahanini biriya bisasu byarimo bigwa mu gace kazwi kw’izina rya Kasengesi no muri centre ya Sake.

Maze Lt Col. Willy Ngoma avuga atarya umunwa ko ingabo abereye umuvugizi mu bya gisirikare, ko ziri maso kugira ngo zirwanye ingabo yise ko ari “izu muijima.”

Yagize ati: “Ihuriro rigizwe n’abasirikare b’u muijima bateye ibibombe mu birindiro byacyu no mu bice bituyemo abaturage benshi, muri centre ya Sake, no mu nkengero zaho.”

Willy Ngoma yakomeje agira ati: “Intare zisarambwe bahora ari maso, nk’uko bisanzwe tuzirwanaho, kandi turinde n’abaturage bacu. K’urugamba, intare zisarambwe zirutsinda ijana ku ijana, kandi morali niyacu, turanayihorana.”

Ibi yabivuze mugihe mugenzi we Lawrence Kanyuka, uvugira uwo mutwe mu bya politike, yari amaze gutangaza ko ingabo za AFC/M23 zigiye kumaraho ingabo zo mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Ati: “Nta yandi mahitamo dusigaranye usibye gufata mpiri imbunda zirasa mu baturage, no kumaraho ubushobozi bw’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Ni nyuma y’uko FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC, bari bamaze gutera ibisasu mu baturage baturiye i Sake, muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Gusa imirwano isa niyongeye ku gabanya umurego, nyuma y’uko mu Cyumweru gishize, umutwe wa M23 wafashe ibice byingenzi byo muri teritware ya Masisi na Nyiragongo, harimo ko yafunze imihanda ihuza u Mujyi wa Goma na za teritware zigize i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ndetse uwo mutwe ukaba unagenzura u muhanda uhuza Kivu y’Amajy’epfo na Goma.

        MCN.
Tags: MasoUmuvugiziWilly NgomaYaburiye Ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Tshilombo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy’u Rwanda (RDF).

Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, zibukije igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko nta bufasha bagiha igisirikare cy'u Rwanda (RDF).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?