Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23, ubwo bari mu muganda, yasabye abantu kwirinda ibihuha bitangazwa n’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 19, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23, ubwo bari mu muganda, yasabye abantu kwirinda ibihuha bitangazwa n’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 watangaje ko ufatanya n’abaturage gukora ibikorwa bigamije imibereho myiza n’iterambere, nko gukora umuganda rusange, mu bice bigenzurwa n’u wo mutwe.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni byatangajwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka wa vuze ko k’u wa Gatandatu tariki ya 17/02/2024, mu gace ka Mubungo gaherereye muri centre ya Kiwanja, ubuyobozi bwa M23 ko bwafatanije n’ubuyobozi bwinzego zibanze n’abaturage baho mu gukora umuganda.

Umuvugizi wa M23 ya navuze ko uyu muganda ko witabiriwe n’umuyobozi wa Centre ya Kiwanja, Camarade Julien Katembo ndetse na Komanda wa brigade Ernest. Nu muganda kandi wa nitabiriwe n’u muyobozi wa teritware ya Rutsuru, Prince Mpabuka.

Iz’i nyandiko Lawrence Kanyuka yashize hanze zari ziherekejwe na mashusho agaragaza abasirikare ba M23 bafite imbunda ubwo barimo bakora umuganda hamwe n’abaturage. Wari umuganda wo guhinga umuhanda.

Iz’i nyandiko zikomeza zivuga ko mugihe ubuyobozi bwa M23 bufatanya n’abaturage mu bikorwa by’iterambere nk’iki cyo gukora umuhanda, ubufatanye n’abaturage bwa FARDC n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR ndetse n’ingabo z’u Burundi, bo bakorana na bo babashora mu bikorwa bibi bibangamira uburenganzira bwa bamwe mu baturage.

Lawrence Kanyuka yakomeje avuga ko “M23 yifuza kwizeza umutekano abaturage, kandi yizeza ko hazakomeza kubaho urujya n’uruza rwa bantu n’ibintu.”

Asaba abantu kudaha agaciro ibinyoma bihimbwa na FARDC, ko umutwe wa M23 ariwo uhungabanya umutekano wo muduce tu mwe.

Ibi ya bitangaje mu gihe M23 igikomeje guhangana n’i ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’abambari babo aribo FDLR, abacancuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi, ndetse na SADC.

Mu Cyumweru dusoje uyu mutwe wa M23 wakunze gutangaza ko ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ziri kurasa ibisasu biremereye mu bice bituyemo abaturage benshi, ukavuga ko utazihanganira iyi myitwarire idasobanutse y’ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa, bityo ko bazarwana ku baturage mu paka babirukanye kugira ngo Abaturage bagire amahoro.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcIbihuhaUmuvugizi wa M23Yasabye abantu kwirinda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Corneille Nangaa yatangaje ko nta mpungenge Alliance Fleuve Congo ifitiye ingabo za SADC.

Corneille Nangaa yatangaje ko nta mpungenge Alliance Fleuve Congo ifitiye ingabo za SADC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?