• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Corneille Nangaa yatangaje ko nta mpungenge Alliance Fleuve Congo ifitiye ingabo za SADC.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2024
in Regional Politics
0
Corneille Nangaa yatangaje ko nta mpungenge Alliance Fleuve Congo ifitiye ingabo za SADC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Corneille Nangaa uyoboye Alliance Fleuve Congo yatangaje ko nta kabuza umutwe we uzavanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni byo Corneille Nangaa yagarutseho mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru cya La libre, kuri uyu wa Gatandatu wi Cyumweru gishize, tariki ya 17/02/2024.

Corneille Nangaa yashimangiye ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi ko bwaranzwe n’ubwicanyi, gukoresha nabi inzego zubutabera, ivangura moko no guhungabanya umutekano w’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nangaa yagize ati: “Tshisekedi niwe wateye umutekano muke, ategura imitwe y’itwaje imbunda n’ubwicanyi bwa korewe Abasivile. Wibuke n’uko Wazalendo bishwe barashwe n’abasirikare bashinzwe kurinda u mukuru w’igihugu i Goma, mu kwezi kwa munani, umwaka w’2023. Tshisekedi akwiye kubazwa urupfu rwa ba general barimo Delphin Kahimbi, Timothée Mukunto, kimwe na Ange Matondo na William Ngoy wapfiriye mu rwego rw’u batasi.”

Yavuze ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buteje ikibazo imbere mu gihugu mu karere iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo giherereyemo, ndetse no k’urwego mpuzamahanga. Nangaa asobanura ko ihuriro ry’i Shyaka rya Alliance Fleuve Congo ko ryabayeho kugira ngo rikureho ubwo butegetsi bu teje akaga ku rwego mpuzamahanga no mu gihugu imbere.

Nangaa wahoze akuriye aka Nama gashinzwe gutegura amatora muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yanasobaniriye umunyamakuru wari umwibukije ko ingabo za SADC ko zagiye gufasha igisirikare cya leta ya perezida Félix Tshisekedi, avuga ko nta mpungenge ziriya ngabo za SADC ziteye ngo kuko ntacyo zabakoraho mu gihe intambara iri kubera muri RDC ishingiye ku bibazo biri hagati ya banyekongo.

Ati: “Tuzajya i Kinshasa gukuraho abantu bishimira ivangura moko, dushireho iherezo kuri ubu butegetsi bubi.”

Yavuze kandi ku kuba ihuriro ry’ishyaka rye ryifuza ibiganiro na leta ya Kinshasa, ariko asobanura ko ibyo leta ya Kinshasa itabikozwa.

Uyu munyapolitike uvugwa cyane muri iki gihe Corneille Nangaa mu gusoza iki kiganiro yabwiye umunyamakuru wa La libre ko perezida Félix Tshisekedi yarenze imirongo itukura yose ngo kandi ayirenga inshuro ninshi ku biteganywa nitegeko nshinga, asuzuguza igisirikare cy’igihugu imbere y’amahanga, bityo rero ngo icyo akwiye ni ugufungwa, akabazwa ibibi byose yakoze.

Yagize ati: “Nta kabuza Perezida Félix Tshisekedi azafungwa abazwe ubuhemu yahemukiye igihugu.”

Nangaa yatangaje ibi mugihe u Mujyi wa Goma wugarijwe n’ibibazo by’i ntambara aho ndetse kuri ubu abaturage bavuga ko inzara ibamereye nabi, nyuma y’uko M23 itandukanije uwo Mujyi na za teritware zigize i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

MCN.

Tags: Bagashiraho iherezo ubutegetsiCorneille NangaaPerezida Félix TshisekediSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
U Burusiya ngo burashaka gutera kimwe mu bihugu byo mu muryango wa NATO.

U Burusiya ngo burashaka gutera kimwe mu bihugu byo mu muryango wa NATO.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?