• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvunyi, Tito Rutaremara, yagize icyavuga ku mukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, uheruka gutangaza ko azarasa i Kigali.

minebwenews by minebwenews
January 3, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyarwanda, uzwi cyane muri politike y’u Rwanda, akaba ari mu batangije i Shyaka, riri k’u butegetsi mu gihugu c’u Rwanda, Tito Rutaremara, yavuze k’u mukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, uheruka gutangaza ko azatera u Rwanda, akavanaho Ubutegetsi bwa Paul Kagame.

You might also like

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

Mu mpera z’ukwezi gushize, kwa 12, umwaka w’2023, n’ibwo Tshisekedi, y’iyamamarizaga, k’u mwanya w’u mukuru w’igihugu ca RDC, akabaribwo yongeye k’umvikana avuga ko azarasa i Kigali, y’icaye i Goma.

Yagize ati: “Ingabo z’igihugu cyacu, ubu zifite imbaraga zidasanzwe, tuzarasa i Kigali, tw’iyicariye i Goma.”

Yunzemo kandi ati: “Muricyo gihe, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, azarara ukubiri n’urugo rwe, arare kure mw’Ishamba.”

Ibi nibyo Umuvunyi, Tito Rutaremara, yagarutseho, kuri uyu wa Gatatu, tariki 03/01/2024, akoresheje Urubuga rwa X, yagize ati: “Félix Tshisekedi, ari mu mayira abiri. Ntazi niba azakomeza ku rwanya u Rwanda, na M23 yaramunaniye, agafata Kigali-akica perezida Kagame, nk’uko abiririmba hirya no hino.”

Yunzemo Kandi ati: “M23 ibakubita incuro, Abarundi barahashirira abandi bafatirwa k’urugamba.”

Tito Rutaremara, yakoresheje n’u rurimi rw’icyongereza, agira ati: “Enough is enough.” Ugenekereje mu kinyamulenge, bigize biti: “Birahagije, Birahagije.”

Yasoje avuga ati: “Abayobozi b’u Rwanda, ni abahanga cyane ntibahubuka, baritonda, bagashishoza.”

Bruce Bahanda.

Tags: RwandaUmuvunyi Tito Rutaremara yagize icyavuga ku mukuru w'igihugu ca RDC Félix TshisekediWavuze ko Azarasa i Kigali
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala Abatwara ibinyabiziga mu gace ka Nateete, kari muri Diviziyo ya Rubaga mu Mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda, bahuye n’akazi...

Read moreDetails

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili Umunyamulenge, Rugoboza David Muvandimwe, uri mu buhungiro mu gihugu cya Kenya, yageneye ubutumwa bukomeye Umunyamabanga...

Read moreDetails

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC Rugoboza David Muvandimwe, membre de la communauté banyamulenge actuellement réfugié au Kenya, a adressé un message...

Read moreDetails

Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano

by Bahanda Bruce
March 20, 2026
0
Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano

Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano Ubumwe bw’u Burayi (UE) bwafashe icyemezo cyo gukomeza gutera inkunga ingabo z’u Rwanda, nubwo Leta Zunze...

Read moreDetails

Inzitizi Ziracyari Nyinshi ku Muhate wa Amerika wo Kongera Guhuza u Rwanda na RDC ku Bibazo by’Umutekano mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
March 19, 2026
0
Amerika yateguje u Rwanda na RDC guhurira mu biganiro bikomeye bigamije guhosha intambara yo mu Burasirazuba

Inzitizi Ziracyari Nyinshi ku Muhate wa Amerika wo Kongera Guhuza u Rwanda na RDC ku Bibazo by’Umutekano mu Burasirazuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zongeye gutangiza umuhate...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi Chapwe, yongeye k'umvikana avuga ko agiye guhangana, n'u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?