Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvunyi, Tito Rutaremara, yagize icyavuga ku mukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, uheruka gutangaza ko azarasa i Kigali.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 3, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyarwanda, uzwi cyane muri politike y’u Rwanda, akaba ari mu batangije i Shyaka, riri k’u butegetsi mu gihugu c’u Rwanda, Tito Rutaremara, yavuze k’u mukuru w’igihugu ca RDC, Félix Tshisekedi, uheruka gutangaza ko azatera u Rwanda, akavanaho Ubutegetsi bwa Paul Kagame.

You might also like

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Mu mpera z’ukwezi gushize, kwa 12, umwaka w’2023, n’ibwo Tshisekedi, y’iyamamarizaga, k’u mwanya w’u mukuru w’igihugu ca RDC, akabaribwo yongeye k’umvikana avuga ko azarasa i Kigali, y’icaye i Goma.

Yagize ati: “Ingabo z’igihugu cyacu, ubu zifite imbaraga zidasanzwe, tuzarasa i Kigali, tw’iyicariye i Goma.”

Yunzemo kandi ati: “Muricyo gihe, perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, azarara ukubiri n’urugo rwe, arare kure mw’Ishamba.”

Ibi nibyo Umuvunyi, Tito Rutaremara, yagarutseho, kuri uyu wa Gatatu, tariki 03/01/2024, akoresheje Urubuga rwa X, yagize ati: “Félix Tshisekedi, ari mu mayira abiri. Ntazi niba azakomeza ku rwanya u Rwanda, na M23 yaramunaniye, agafata Kigali-akica perezida Kagame, nk’uko abiririmba hirya no hino.”

Yunzemo Kandi ati: “M23 ibakubita incuro, Abarundi barahashirira abandi bafatirwa k’urugamba.”

Tito Rutaremara, yakoresheje n’u rurimi rw’icyongereza, agira ati: “Enough is enough.” Ugenekereje mu kinyamulenge, bigize biti: “Birahagije, Birahagije.”

Yasoje avuga ati: “Abayobozi b’u Rwanda, ni abahanga cyane ntibahubuka, baritonda, bagashishoza.”

Bruce Bahanda.

Tags: RwandaUmuvunyi Tito Rutaremara yagize icyavuga ku mukuru w'igihugu ca RDC Félix TshisekediWavuze ko Azarasa i Kigali
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Kivu y'Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryashyizeho abayobozi b'intara ya Kivu y'Amajyepfo, guverineri na visi guverineri....

Read moreDetails

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y'amahoro. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirigushyira imbaraga ku Rwanda, aho zirusaba kuvana ingabo zarwo k'u butaka...

Read moreDetails

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC.

by Bruce Bahanda
June 10, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC. Abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagaragaje impungenge zikomeye nyuma y'aho u Rwanda rwikuye mu muryango...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi Chapwe, yongeye k'umvikana avuga ko agiye guhangana, n'u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?