Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 4, 2025
in Regional Politics
0
Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Perezida w’u mutwe wa m23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abagize uyu mutwe abereye umuyobozi atari Abanyarwanda bihinduye Abanye-Congo, ngo kuko mubanyamuryango babo harimo n’abahoze ari abasirikare bakuru b’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ndetse kandi hakabamo n’abatavuga ikinyarwanda nabuke.

Hari mu kiganiro perezida Bisimwa yagiranye n’Umunya-Zimbabwe, Rutendo Matinyarare.

Muri iki kiganiro, Bisimwa yavuze ko ubwo imirwano yuburaga , ngo byatewe nuko inzira y’ibiganiro by’amahoro yari yarabuze kubera ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Yavuze kandi ko badashaka gucyamo igihugu cya RDC, ngo kuko ntanyungu babifitemo.

Ati: “Turwana twirwaneho kubera akarengane no kwirukanwa ku butaka bwacu bw’inkomoko, ibintu byatumye imiryango yacu imara imyaka myinshi mu nkambi z’impunzi.”

“Iyo Leta y’i Kinshasa itabasha kugeza serivisi ku baturage bayo, ihitamo gukoresha ivangura no gushinja ibibazo by’igihugu abavuga ikinyarwanda. Batwita Abanyamahanga, nyamara turi Abanye-Congo.”

Bisimwa uyoboye umutwe wa m23 murwego rwa politiki, yamaganye abita m23 umutwe w’iterabwoba, ngo kuko icyo ukora ari ukurwanirira uburenganzira bwabo.

Yagize ati: “Oya, ntabwo turi abaterabwaba; turi abantu barwanira uburenganzira bwabo. Dutangazwa no kubona ko twe twabonwa nk’umutwe w’iterabwoba, nyamara twirwanaho turwanya imitwe nk’iya FDLR, Wazalendo na Mai-Mai, bahora bica kandi birukana abantu bacu, abagore n’abana bazira gusa ko bagaragara nk’abafite isura y’Abatutsi bo mu Rwanda.”

Yamaganye kandi abavuga ko abagize umutwe wa m23 ari Abanyarwanda bigize Abanye-Congo, nk’uko bikunda kuvugwa n’abategetsi ba Leta y’i Kinshasa.

Ati: “Benshi muri twe ni abasirikare bahoze ari bakuru mu gisirikare cya RDC. Hari n’abatavuga ikinyarwanda nabuke. Turi Abanye-Congo duharanira uburenganzira bwacu bwa politiki, ubukungu, n’imibereho myiza mu gihugu cyacu bwite.”

Kuva m23 yubura imirwano iherereye i Bunagana muri Kivu y’Amajyaruguru, Leta y’i Kinshasa yahise itangira kubyegeka k’u Rwanda, aho mumvugo zayo yavugaga ko m23 ifashwa n’u Rwanda ibintu u Rwanda rwagiye rutera utwatsi, rugaragaza ko ntaho ruhuriye nabyo.

Uyu mutwe wa m23 nawo ubwawo, wagiye uhakana ko udafashwa n’u Rwanda.
Niho amahanga ahera agasaba iki gihugu cya RDC kuganira n’uyu mutwe, ariko gikomeza kubyima amatwi.

Nyamara nubwo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwanze kuganira n’uyu mutwe, ariko wo ukomeje kwigarurira ibice byinshi, harimo kandi ko uheruka gushyinga n’ubuyobozi bw’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Epfo.

Tags: BisimwaM23Twirwanaho
Share47Tweet30Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Burundi bashyiriweho igihano gikakaye kuzajyafatanwa ishashi.

I Burundi bashyiriweho igihano gikakaye kuzajyafatanwa ishashi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?