• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2025
in Regional Politics
0
Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

You might also like

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Perezida w’u mutwe wa m23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abagize uyu mutwe abereye umuyobozi atari Abanyarwanda bihinduye Abanye-Congo, ngo kuko mubanyamuryango babo harimo n’abahoze ari abasirikare bakuru b’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ndetse kandi hakabamo n’abatavuga ikinyarwanda nabuke.

Hari mu kiganiro perezida Bisimwa yagiranye n’Umunya-Zimbabwe, Rutendo Matinyarare.

Muri iki kiganiro, Bisimwa yavuze ko ubwo imirwano yuburaga , ngo byatewe nuko inzira y’ibiganiro by’amahoro yari yarabuze kubera ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Yavuze kandi ko badashaka gucyamo igihugu cya RDC, ngo kuko ntanyungu babifitemo.

Ati: “Turwana twirwaneho kubera akarengane no kwirukanwa ku butaka bwacu bw’inkomoko, ibintu byatumye imiryango yacu imara imyaka myinshi mu nkambi z’impunzi.”

“Iyo Leta y’i Kinshasa itabasha kugeza serivisi ku baturage bayo, ihitamo gukoresha ivangura no gushinja ibibazo by’igihugu abavuga ikinyarwanda. Batwita Abanyamahanga, nyamara turi Abanye-Congo.”

Bisimwa uyoboye umutwe wa m23 murwego rwa politiki, yamaganye abita m23 umutwe w’iterabwoba, ngo kuko icyo ukora ari ukurwanirira uburenganzira bwabo.

Yagize ati: “Oya, ntabwo turi abaterabwaba; turi abantu barwanira uburenganzira bwabo. Dutangazwa no kubona ko twe twabonwa nk’umutwe w’iterabwoba, nyamara twirwanaho turwanya imitwe nk’iya FDLR, Wazalendo na Mai-Mai, bahora bica kandi birukana abantu bacu, abagore n’abana bazira gusa ko bagaragara nk’abafite isura y’Abatutsi bo mu Rwanda.”

Yamaganye kandi abavuga ko abagize umutwe wa m23 ari Abanyarwanda bigize Abanye-Congo, nk’uko bikunda kuvugwa n’abategetsi ba Leta y’i Kinshasa.

Ati: “Benshi muri twe ni abasirikare bahoze ari bakuru mu gisirikare cya RDC. Hari n’abatavuga ikinyarwanda nabuke. Turi Abanye-Congo duharanira uburenganzira bwacu bwa politiki, ubukungu, n’imibereho myiza mu gihugu cyacu bwite.”

Kuva m23 yubura imirwano iherereye i Bunagana muri Kivu y’Amajyaruguru, Leta y’i Kinshasa yahise itangira kubyegeka k’u Rwanda, aho mumvugo zayo yavugaga ko m23 ifashwa n’u Rwanda ibintu u Rwanda rwagiye rutera utwatsi, rugaragaza ko ntaho ruhuriye nabyo.

Uyu mutwe wa m23 nawo ubwawo, wagiye uhakana ko udafashwa n’u Rwanda.
Niho amahanga ahera agasaba iki gihugu cya RDC kuganira n’uyu mutwe, ariko gikomeza kubyima amatwi.

Nyamara nubwo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwanze kuganira n’uyu mutwe, ariko wo ukomeje kwigarurira ibice byinshi, harimo kandi ko uheruka gushyinga n’ubuyobozi bw’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Epfo.

Tags: BisimwaM23Twirwanaho
Share47Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails
Next Post
I Burundi bashyiriweho igihano gikakaye kuzajyafatanwa ishashi.

I Burundi bashyiriweho igihano gikakaye kuzajyafatanwa ishashi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?