• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2025
in Regional Politics
0
Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

You might also like

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida w’u mutwe wa m23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abagize uyu mutwe abereye umuyobozi atari Abanyarwanda bihinduye Abanye-Congo, ngo kuko mubanyamuryango babo harimo n’abahoze ari abasirikare bakuru b’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ndetse kandi hakabamo n’abatavuga ikinyarwanda nabuke.

Hari mu kiganiro perezida Bisimwa yagiranye n’Umunya-Zimbabwe, Rutendo Matinyarare.

Muri iki kiganiro, Bisimwa yavuze ko ubwo imirwano yuburaga , ngo byatewe nuko inzira y’ibiganiro by’amahoro yari yarabuze kubera ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Yavuze kandi ko badashaka gucyamo igihugu cya RDC, ngo kuko ntanyungu babifitemo.

Ati: “Turwana twirwaneho kubera akarengane no kwirukanwa ku butaka bwacu bw’inkomoko, ibintu byatumye imiryango yacu imara imyaka myinshi mu nkambi z’impunzi.”

“Iyo Leta y’i Kinshasa itabasha kugeza serivisi ku baturage bayo, ihitamo gukoresha ivangura no gushinja ibibazo by’igihugu abavuga ikinyarwanda. Batwita Abanyamahanga, nyamara turi Abanye-Congo.”

Bisimwa uyoboye umutwe wa m23 murwego rwa politiki, yamaganye abita m23 umutwe w’iterabwoba, ngo kuko icyo ukora ari ukurwanirira uburenganzira bwabo.

Yagize ati: “Oya, ntabwo turi abaterabwaba; turi abantu barwanira uburenganzira bwabo. Dutangazwa no kubona ko twe twabonwa nk’umutwe w’iterabwoba, nyamara twirwanaho turwanya imitwe nk’iya FDLR, Wazalendo na Mai-Mai, bahora bica kandi birukana abantu bacu, abagore n’abana bazira gusa ko bagaragara nk’abafite isura y’Abatutsi bo mu Rwanda.”

Yamaganye kandi abavuga ko abagize umutwe wa m23 ari Abanyarwanda bigize Abanye-Congo, nk’uko bikunda kuvugwa n’abategetsi ba Leta y’i Kinshasa.

Ati: “Benshi muri twe ni abasirikare bahoze ari bakuru mu gisirikare cya RDC. Hari n’abatavuga ikinyarwanda nabuke. Turi Abanye-Congo duharanira uburenganzira bwacu bwa politiki, ubukungu, n’imibereho myiza mu gihugu cyacu bwite.”

Kuva m23 yubura imirwano iherereye i Bunagana muri Kivu y’Amajyaruguru, Leta y’i Kinshasa yahise itangira kubyegeka k’u Rwanda, aho mumvugo zayo yavugaga ko m23 ifashwa n’u Rwanda ibintu u Rwanda rwagiye rutera utwatsi, rugaragaza ko ntaho ruhuriye nabyo.

Uyu mutwe wa m23 nawo ubwawo, wagiye uhakana ko udafashwa n’u Rwanda.
Niho amahanga ahera agasaba iki gihugu cya RDC kuganira n’uyu mutwe, ariko gikomeza kubyima amatwi.

Nyamara nubwo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwanze kuganira n’uyu mutwe, ariko wo ukomeje kwigarurira ibice byinshi, harimo kandi ko uheruka gushyinga n’ubuyobozi bw’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iy’Epfo.

Tags: BisimwaM23Twirwanaho
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yoherereje mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta...

Read moreDetails

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails
Next Post
I Burundi bashyiriweho igihano gikakaye kuzajyafatanwa ishashi.

I Burundi bashyiriweho igihano gikakaye kuzajyafatanwa ishashi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?