• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

minebwenews by minebwenews
June 11, 2025
in Regional Politics
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi wa Goma kuganira n’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Aya makuru avuga ko Bintou Keita ko “azagera i Goma kuri uyu wa kane tariki ya 12/06/2025,” aho azagirana ibiganiro n’abayobozi ba AFC/M23.

Bintou Keita utegerejwe i Goma ahahoze hari icyicaro cya Monusco, kikaza kwimurwa ubwo M23 yari yegereje gufata uyu mujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025.

Uyu Bintou Keita yagiye yumvikana cyane ashinja uyu mutwe wa M23 guhonyora ubwisanzure bwa muntu no kubangamira ibikorwa by’ubutabazi.

Uru ruzinduko rwe i Goma mu Burasizuba bwa Congo, rugamije kubaza amakuru ku mpinduka zagezweho n’ingaruka z’intambara zageze ku baturage, kugira ngo azabone ibyo ashyikiriza akanama ka UN gashinzwe umutekano n’amahoro mu nama yako iteganyijwe kuba tariki ya 27/06/2025.

Bintou Keita, kuza kwe i Goma, benshi mu basesenguzi babona ko AFC/M23 ari ikimenyetso ko iri huriro rifite umwanya ukomeye mu byatuma RDC yongera kubona amahoro.

Monusco, yagiye igaragaza umuhate munini wo gufasha igisirikare cya RDC, mu bikorwa byose, byaba ibyo kurugamba no guha izi ngabo za RDC imyitozo ya gisirikare, ndetse no kuzifasha gushaka amakuru.

Nyamara umutekano uri Goma no mu bindi bice bigenzurwa n’iri huriro rya AFC/M23, uruta kure uwahahoze n’uri mu bindi bice bikigenzurwa n’uruhande rwa Leta ya Congo.

AFC/M23 nyuma yo gufata ibice igenzura yahise ishyiraho abayobozi b’imijyi, ba Bourgmestre ndetse kandi ishyiraho na ba guverineri n’abandi bayobozi batandukanye.

Tags: AFC/m23Bintou KeitaGoma
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

RDC:Abarimo n'abakozi b'Imana barashinjwa gushaka kwivugana perezida Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?