Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 11, 2025
in Regional Politics
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

You might also like

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi wa Goma kuganira n’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Aya makuru avuga ko Bintou Keita ko “azagera i Goma kuri uyu wa kane tariki ya 12/06/2025,” aho azagirana ibiganiro n’abayobozi ba AFC/M23.

Bintou Keita utegerejwe i Goma ahahoze hari icyicaro cya Monusco, kikaza kwimurwa ubwo M23 yari yegereje gufata uyu mujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025.

Uyu Bintou Keita yagiye yumvikana cyane ashinja uyu mutwe wa M23 guhonyora ubwisanzure bwa muntu no kubangamira ibikorwa by’ubutabazi.

Uru ruzinduko rwe i Goma mu Burasizuba bwa Congo, rugamije kubaza amakuru ku mpinduka zagezweho n’ingaruka z’intambara zageze ku baturage, kugira ngo azabone ibyo ashyikiriza akanama ka UN gashinzwe umutekano n’amahoro mu nama yako iteganyijwe kuba tariki ya 27/06/2025.

Bintou Keita, kuza kwe i Goma, benshi mu basesenguzi babona ko AFC/M23 ari ikimenyetso ko iri huriro rifite umwanya ukomeye mu byatuma RDC yongera kubona amahoro.

Monusco, yagiye igaragaza umuhate munini wo gufasha igisirikare cya RDC, mu bikorwa byose, byaba ibyo kurugamba no guha izi ngabo za RDC imyitozo ya gisirikare, ndetse no kuzifasha gushaka amakuru.

Nyamara umutekano uri Goma no mu bindi bice bigenzurwa n’iri huriro rya AFC/M23, uruta kure uwahahoze n’uri mu bindi bice bikigenzurwa n’uruhande rwa Leta ya Congo.

AFC/M23 nyuma yo gufata ibice igenzura yahise ishyiraho abayobozi b’imijyi, ba Bourgmestre ndetse kandi ishyiraho na ba guverineri n’abandi bayobozi batandukanye.

Tags: AFC/m23Bintou KeitaGoma
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Kivu y'Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryashyizeho abayobozi b'intara ya Kivu y'Amajyepfo, guverineri na visi guverineri....

Read moreDetails

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y'amahoro. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirigushyira imbaraga ku Rwanda, aho zirusaba kuvana ingabo zarwo k'u butaka...

Read moreDetails

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC.

by Bruce Bahanda
June 10, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC. Abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagaragaje impungenge zikomeye nyuma y'aho u Rwanda rwikuye mu muryango...

Read moreDetails

Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.

by Bruce Bahanda
June 10, 2025
0
Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.

Kajugujugu y'Ingabo z'u Burundi yafashwe n'inyeshyamba. Umutwe w'iterabwoba wa Al-Shabaab urwanya ubutegetsi bwo muri Somalia watangaje ko ari wo wateye igisasu gishwanyaguza kajugujugu y'igisirikare cy'u Burundi yo mu...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

RDC:Abarimo n'abakozi b'Imana barashinjwa gushaka kwivugana perezida Tshisekedi.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?