• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

UPDF yohereje umutwe w’ingabo udasanzwe i Juba, mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in World News
0
UPDF yohereje umutwe w’ingabo udasanzwe i Juba, mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

UPDF yohereje umutwe w’ingabo udasanzwe i Juba, mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka.

You might also like

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

Igisirikare cya Repubulika ya Uganda cyohereje ingabo zo mu mutwe udasanzwe mu murwa mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, kugira ngo zibungabunge umutekano mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka hagati ya perezida Salva Kiir na visi perezida we Riek Machar, wateye impungenge z’uko intambara ishobora kwaduka muri iki gihugu.

Ni byatangajwe n’umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen. Kainarugaba Muhoozi, akaba n’umwana wa perezida w’iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni.

Muhoozi yagize ati: “Kuva mu minsi ibiri ishyize, ingabo zacu zidasanzwe zinjiye i Juba kugira ngo zirinde umutekano.”

Yongeyeho kandi ati: “Twebwe UPDF, tuzi gusa perezida umwe wa Sudan y’Epfo, H.E. Salva Kiir, intambwe iyo ari yo yose kumurwanya ni ugutangiza intambara yo kurwanya Uganda.”

Ni mu gihe amakimbirane yarimo akomeza kwiyongera muri iki gihugu cya Sudan y’Epfo, igihugu gikungahaye kuri peteroli.
Bivugwa ko aya makimbirane yadutse ubwo perezida Salva Kiir yafunze abaminisitiri be babiri ndetse n’abayobozi bakuru b’ingabo bakomoka mu ruhande rwa visi perezida Machar. Ariko byemezwa ko muri bariya ba minisitiri babiri bafunzwe mu minsi mike ishize umwe yarekuwe.

Ifatwa ry’aba bayobozi ryatumye havuka intambara ikaze, aho yabereye mu nkengero z’u mujyi wa Nasir uherereye mu majyaguru y’iki gihugu, kandi ibi bikaba bibangamira amasezerano y’amahoro yo mu mwaka 2018 ayarangije intambara y’imyaka itanu hagati y’ingabo za Kiir n’ingabo za Machar. Ni intambara bivugwa ko yasize ihitanye abantu bagera ku 400.00.

Ingabo za Uganda koherezwa i Juba, ni kunshuro igira gatatu, kuko ubwa mbere zoherejweyo mu 2013, ubwo zajagayo gufasha Kiir kurwanya Machar.

Ahagana mu mwaka w’2016 zongeye koherezwa yo mu gihe imirwano yari yongeye gukaza umurego ku mpande zomb, nyuma yuko zari zakuweyo mu 2015. Kuri ubu kandi zamaze kugerayo.

Uganda kohereza ingabo zayo muri Sudan y’Epfo, itinya ko intambara yakomera muri iki gihugu cy’igituranyi, bityo bigatuma impunzi ziba nyinshi ku mupaka w’ibihugu byombi, bigateza umutekano muke kuri buri ruhande.

Tags: JubaSudan y'EpfoUdasanzweUPDF
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy'indembe Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, yamaze kujya muri "coma." Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y'iminsi...

Read moreDetails

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails
Next Post
“Tshisekedi wiringiye u Burundi yiringiye urubingo rusadutse!” Umusesenguzi.

"Tshisekedi wiringiye u Burundi yiringiye urubingo rusadutse!" Umusesenguzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?