• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Tshisekedi wiringiye u Burundi yiringiye urubingo rusadutse!” Umusesenguzi.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in Regional Politics
0
“Tshisekedi wiringiye u Burundi yiringiye urubingo rusadutse!” Umusesenguzi.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Tshisekedi wiringiye u Burundi yiringiye urubingo rusadutse!” Umusesenguzi.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Umujyanama wa m23 na Twirwaneho, William Girinka Kabare, yavuze ko perezida Felix Tshisekedi wiringiye perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yiringiye urubingo rusadutse, kandi ko “azabona ishyano.”

Girinka yavuze ibi nyuma y’aho perezida Felix Tshisekedi yaraye yemeye kuganira n’umutwe wa m23 uwo yari yararahiye arirenza avuga ko atazicyarana nawo kumeza imwe y’ibiganiro.

Ni amakuru yashyizwe hanze na perezidansi ya Angola, aho yatangaje ko nyuma y’uruzinduko ruto Tshisekedi yagiriye i Luanda, hemejwe ko Angola, nk’umuhuza mu bibazo byo mu Burasizuba bwa Congo, izayobora ibiganiro bizahuza abahagarariye m23 n’abahagarariye uruhande rwa Leta y’i Kinshasa, bikazabera i Luanda mu minsi mike iri mbere.

Iyi perezidansi kandi yavuze ko ibyo biganiro bizaba bigamije gushaka icyazana amahoro arambye muri iki gihugu cya RDC.

Girinka, yahise ahera aha avuga ko imishyikirano ari ngombwa, ariko ko Tshisekedi akwiye kubanza kubazwa “amabi yakoze mu Minembwe,” aho arasa ku baturage b’abasivili, asenya ibikorwa remezo byabo.

Muri uko gusenya, yagaragaje ko yasenye ikibuga cy’indege cya Minembwe, amazu y’abaturage, insengero, amashuri n’ibindi.

Girinka yavuze ko ibi bikorwa, Tshisekedi yabisenye akoresheje ukurasa intwaro ziremereye!

Yavuze kandi ko imishyikirano igomba gukorwa mu gihe ingabo z’u Burundi zavuye zose ku butaka bw’iki gihugu, ngo kuko ziri muzatumye ibyago bikomeye bikomeza kuba kubavuga ururimi rw’ikinyarwanda, cyane cyane ku Banyamulenge.

Ikindi nuko ngo kubwiwe iyi mishyikirano yagakwiye gushyigikira ko intara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru biyoborwa na m23 ndetse na Twirwaneho mu gihe cy’imyaka irenga 20.

Kandi ibyo ngo bigakorwa kugira ngo umutekano w’abavuga ikinyarwanda mu Burasizuba bw’iki gihugu urusheho kubungwabunga.

Girinka yavuze kandi ko muri iyi mishyikirano, Tshisekedi agomba kuzabazwa uburyo akomeje kwica abaturage b’igihugu cye, barimo Abatutsi n’abo yita abaswahili. Kandi ko mbere yuko iyo mishyikirano iba, asabwe kubanza agahagarika kurasa ku baturage b’inzirakarengane, maze nyuma abone kwinjira mu mishyikirano.

Yasoje avuga ko umutekano mu Burasizuba bw’iki gihugu, uzava mu bwitange bw’abahavuka, ngo cyane cyane abavuga ururimi rw’ikinyarwanda, abo ni Abatutsi, ngo kuko ubutegetsi bw’i Kinshasa butigeze bubitaho nk’abandi Banye-Congo.

Agaragaza ko iyi Leta y’i Kinshasa yagiye ijujubuza Abatutsi, imyaka irenga 60, ariko ko amahanga yakomeje kubirebera, ntagire icyo ahindura, bityo, abavuka muri ibyo bice bakwiye kwirwanaho kugeza ku gitonyanga cyanyuma cy’amaraso, mupaka bakazagera ku mahoro arambye.

Tags: KivuKwiringiraNdayishimiyeTshisekediUrubungo rusadutse
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Kagame yavuze ikibazo yobaza Tshisekedi mu gihe boramuka bongeye guhura.

Kagame yavuze ikibazo yobaza Tshisekedi mu gihe boramuka bongeye guhura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?