• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

UPDF yohereje umutwe w’ingabo udasanzwe i Juba, mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in World News
0
UPDF yohereje umutwe w’ingabo udasanzwe i Juba, mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

UPDF yohereje umutwe w’ingabo udasanzwe i Juba, mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka.

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Igisirikare cya Repubulika ya Uganda cyohereje ingabo zo mu mutwe udasanzwe mu murwa mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, kugira ngo zibungabunge umutekano mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka hagati ya perezida Salva Kiir na visi perezida we Riek Machar, wateye impungenge z’uko intambara ishobora kwaduka muri iki gihugu.

Ni byatangajwe n’umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, Gen. Kainarugaba Muhoozi, akaba n’umwana wa perezida w’iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni.

Muhoozi yagize ati: “Kuva mu minsi ibiri ishyize, ingabo zacu zidasanzwe zinjiye i Juba kugira ngo zirinde umutekano.”

Yongeyeho kandi ati: “Twebwe UPDF, tuzi gusa perezida umwe wa Sudan y’Epfo, H.E. Salva Kiir, intambwe iyo ari yo yose kumurwanya ni ugutangiza intambara yo kurwanya Uganda.”

Ni mu gihe amakimbirane yarimo akomeza kwiyongera muri iki gihugu cya Sudan y’Epfo, igihugu gikungahaye kuri peteroli.
Bivugwa ko aya makimbirane yadutse ubwo perezida Salva Kiir yafunze abaminisitiri be babiri ndetse n’abayobozi bakuru b’ingabo bakomoka mu ruhande rwa visi perezida Machar. Ariko byemezwa ko muri bariya ba minisitiri babiri bafunzwe mu minsi mike ishize umwe yarekuwe.

Ifatwa ry’aba bayobozi ryatumye havuka intambara ikaze, aho yabereye mu nkengero z’u mujyi wa Nasir uherereye mu majyaguru y’iki gihugu, kandi ibi bikaba bibangamira amasezerano y’amahoro yo mu mwaka 2018 ayarangije intambara y’imyaka itanu hagati y’ingabo za Kiir n’ingabo za Machar. Ni intambara bivugwa ko yasize ihitanye abantu bagera ku 400.00.

Ingabo za Uganda koherezwa i Juba, ni kunshuro igira gatatu, kuko ubwa mbere zoherejweyo mu 2013, ubwo zajagayo gufasha Kiir kurwanya Machar.

Ahagana mu mwaka w’2016 zongeye koherezwa yo mu gihe imirwano yari yongeye gukaza umurego ku mpande zomb, nyuma yuko zari zakuweyo mu 2015. Kuri ubu kandi zamaze kugerayo.

Uganda kohereza ingabo zayo muri Sudan y’Epfo, itinya ko intambara yakomera muri iki gihugu cy’igituranyi, bityo bigatuma impunzi ziba nyinshi ku mupaka w’ibihugu byombi, bigateza umutekano muke kuri buri ruhande.

Tags: JubaSudan y'EpfoUdasanzweUPDF
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
“Tshisekedi wiringiye u Burundi yiringiye urubingo rusadutse!” Umusesenguzi.

"Tshisekedi wiringiye u Burundi yiringiye urubingo rusadutse!" Umusesenguzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?