• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urugamba rwo kuriki Cyumweru, narwo rwari rukaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2024
in Regional Politics
0
Urugamba rwo kuriki Cyumweru, narwo rwari rukaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uy’u munsi ku Cyumweru, tariki ya 11/02/202024, urugamba ruhanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, rwa bereye mu bice biri mu nkengero ya centre ya Sake no mubice biri muri Gurupema ya Mupfunyi, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ni ahagana isaha za saa tatu n’igice z’i gitondo (9:30) ku masaha ya Minembwe na Goma, n’ibwo humvikanye urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito, ku misozi iri hejuru ya Sake, muri village ya Nturo, Yerusalemu, Nkingo no mu nkengero zaho.

Ay’amakuru ya nemejwe n’umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, aho yavuze ko ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, ba bagabyeho ibitero mu birindiro byabo no mubice bituwemo n’abaturage benshi.

Benjamin Mbonimpa, yagize ati: “Ibirindiro bya M23 bya gabweho ibitero by’ingabo z’i bumbiye mw’ihuriro rya ba rwanirira leta ya Congo.”

Mbonimpa yakomeje avuga ko biriya bitero bya gabwe none ku Cyumweru, ko kandi byibasiriye ahitwa ku Nturo, Yerusalemu, Nkingo no mu nkengero zaho. Avuga ko hakoreshejwe imbunda zinini mu ku gaba biriya bitero, ndetse ko banarashe “n’ahatuwe n’abaturage benshi.”

MCN yabwiwe ko iyo mirwano yamaze umwanya ungana na masaha abiri, maze ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bahunga berekeza muri centre ya Sake.

Gusa muri Sake ahagana isaha za manwa, hatewe igisasu kiremereye birangira gi komerekeje abaturage batatu, bi kavugwa ko icyo gisasu cyaturikiye muri Quartier ya Kiluku; abakomeretse bajanwe mu bitaro byaho hafi kugira bitabweho.

Indi mirwano ikomeye yabereye muri axe ya Kirotshe-Bwemerimana, aha herereye mu bice by’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho bihana imbibi n’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Iyo mirwano bya vuzwe ko M23 yagerageje kwigiza inyuma ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ko ndetse M23 igikomeje kugenzura ibice byinshi byo muri byo bice. M23 iracyagenzura Kirotshe kugeza ku ishuri ry’ibanze rya Mushindi, iragenzura kandi igice cy’ingenzi cya i Shasha kugeza ahitwa Kituvu, ndetse n’u muhanda wa Sake-Minova.

Mu gihe igice kimwe cya Bwemerimana kimwe kigenzurwa n’Ingabo za SADC ikindi ki kabamo M23.

Muri axe ya Kibumba-Goma, uy’u munsi hiriwe ituze, n’ubwo impande zihanganye zikomeje kurebana ayingwe.

Tu bibutseko kumunsi w’ejo hashize, tariki ya 10/02/2024, muri teritware ya Nyiragongo, ahanini muri Kibumba na Kanyamahoro ko habaye urugamba ru remereye, aho bya vuzwe ko M23 yarufatiyemo abarwanyi benshi barimo n’ingabo za SADC zavuye mu Gihugu cya Tanzania.

Bruce Bahanda.

Tags: Ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDCM23Rwari rukazeurugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, hari kuraswa ibisasu biremereye, nihagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Congo.

Mu nkengero z'u Mujyi wa Goma, hari kuraswa ibisasu biremereye, nihagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana k'uruhande rwa leta ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?