• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uvira hateguwe imyigaragambyo yamagana ingabo za leta ziheruka kurekura abafatiwe Makobola harimo n’Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2023
in Regional Politics
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uy’u wa Mbere, w’i Cyumweru gitaha tariki 04/12/2023, mu Mujyi wa Uvira, hateguwe imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

N’imyigaragambyo bivugwa ko yateguwe nu r’ubyiruko rwo mu bwoko bw’Abapfulero, nk’uko iy’inkuru ivuga. Ahagana tariki 24/11/2023, zo murikiriya Cyumweru gishize, harekuwe abasirikare bo mw’itsinda rya TAFOC hamwe n’abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino 3 ndetse na basivile ba Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, bari bafatiwe i Makobola muri teritware ya Fizi. Bafashwe ubwo bari bakurikiye Inka z’Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi zari zanyazwe na Maï Maï iyobowe na Colonel Rene, muntangiriro z’ukwezi kwa Cumi numwe (11).

Ay’amaku avuga ko ziriya nka zanyagiwe mu Gikozi, ibicye abungeri b’inka ba Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bakunze gusuhurira yo kugira baragire Inka zabo. Gikozi iri mu Bilometre bike na Centre ya Grupema ya Bijombo ikaba hafi kandi na Makobola muri teritware ya Fizi.

Nyuma yuko ziriya nka zinyazwe Muntangiriro z’ukwezi kwa Cumi numwe (11), bariya basivile nabo mu mutwe wa Gumino ndetse n’ingabo za TAFOC (Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC z’ibarizwa k’ubutaka bwa Kivu y’Amajy’epfo), bageze i Makobola baza gufatwa na Maï Maï hamwe n’Abaturage maze barabafunga ba bohereza i b’Uvira kugira bafungwe bazira gukurikira Inka za Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Ubwo bari bamaze kugera Uvira baje gufungurwa tariki 24/11/2023, bazamuka i Misozi y’indondo ya Bijombo, ibi biri mu byatumye ruriya r’ubyiruko rw’Abapfurero i b’Uvira bagumuka nimugihe bo bifuzagako bariya b’Anyamulenge bo m’ubwoko bw’Abatutsi, barobanurwa bagafungwa bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Bruce Bahanda.

Tags: Uvira hateguwe imyigaragambyo yamagana ingabo za RDC baheruka kurekura abafatiwe Makobola harimo n'Abanyamulenge bo mu bwoko bw'Abatutsi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

U Rukiko rukuru rwo mu Gihugu c'u Burusiya, rwategetse ko abahuza ibitsina ba bisangiye(LGBT), bitwa umutwe witera bwoba kw'Isi.

Comments 2

  1. Wilson says:
    2 years ago

    Abo bitako Baribafashwe Bafashwe nabande ko Ahubwo Aringabo Za Gisegeti Nubundi Zari Zaje muzabo Hamwe Naba Zalendo.Usibye Ababyeyi Barikumwe Nabo Bari bakurikiye Inka Zabo zanyazwe Nabajenesi.(Nibo Bavugako batagomba kurekurwa).
    Amafuti Yabo Ntazashira kundu Basome

  2. Levi says:
    2 years ago

    Murakoze ku makuru mduha.
    Igitekerezo ngize nsoma iyi nkuru nuko bitari ngombwa gusubiramo kenshi ijambo “abanyamulenge bo mu bwoko bw’abatutsi”
    1. Abanyamulenge ni abatutsi birazwi, biremewe, niko bavutse kandi uwabihakana aba yigirisha.
    2. Kuvuga ngo abanyamu….bo mu bwoko bw’aba….. wagira ngo hariho abatari abo mu bwoko bw’abatutsi. Iyi myandikire yahinduka kuko kuvuga umunyamulenge uba uvuze umututsi.
    3. Iri jambo ryakoreshwa ahubwo uvuga ngo “Abatutsi bo mu bwoko bw’abanyamulenge” niho iyi nyito yaba iri mu mwanya kuko abatutsi bagizwe n’ibicw byinshi by’abantu.
    4. Niba wabivuze hamwe singombwa kubisubiramo hose wakoresha abanyamulenge kuko nibo urikuvuga.

    Cyari igitekerezo cyo kunoza imyandikire na communication.
    Murakoze

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?