• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uvira hateguwe imyigaragambyo yamagana ingabo za leta ziheruka kurekura abafatiwe Makobola harimo n’Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2023
in Regional Politics
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uy’u wa Mbere, w’i Cyumweru gitaha tariki 04/12/2023, mu Mujyi wa Uvira, hateguwe imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

N’imyigaragambyo bivugwa ko yateguwe nu r’ubyiruko rwo mu bwoko bw’Abapfulero, nk’uko iy’inkuru ivuga. Ahagana tariki 24/11/2023, zo murikiriya Cyumweru gishize, harekuwe abasirikare bo mw’itsinda rya TAFOC hamwe n’abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino 3 ndetse na basivile ba Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, bari bafatiwe i Makobola muri teritware ya Fizi. Bafashwe ubwo bari bakurikiye Inka z’Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi zari zanyazwe na Maï Maï iyobowe na Colonel Rene, muntangiriro z’ukwezi kwa Cumi numwe (11).

Ay’amaku avuga ko ziriya nka zanyagiwe mu Gikozi, ibicye abungeri b’inka ba Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi bakunze gusuhurira yo kugira baragire Inka zabo. Gikozi iri mu Bilometre bike na Centre ya Grupema ya Bijombo ikaba hafi kandi na Makobola muri teritware ya Fizi.

Nyuma yuko ziriya nka zinyazwe Muntangiriro z’ukwezi kwa Cumi numwe (11), bariya basivile nabo mu mutwe wa Gumino ndetse n’ingabo za TAFOC (Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC z’ibarizwa k’ubutaka bwa Kivu y’Amajy’epfo), bageze i Makobola baza gufatwa na Maï Maï hamwe n’Abaturage maze barabafunga ba bohereza i b’Uvira kugira bafungwe bazira gukurikira Inka za Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

Ubwo bari bamaze kugera Uvira baje gufungurwa tariki 24/11/2023, bazamuka i Misozi y’indondo ya Bijombo, ibi biri mu byatumye ruriya r’ubyiruko rw’Abapfurero i b’Uvira bagumuka nimugihe bo bifuzagako bariya b’Anyamulenge bo m’ubwoko bw’Abatutsi, barobanurwa bagafungwa bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Bruce Bahanda.

Tags: Uvira hateguwe imyigaragambyo yamagana ingabo za RDC baheruka kurekura abafatiwe Makobola harimo n'Abanyamulenge bo mu bwoko bw'Abatutsi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe

Ingabo z’u Burundi Zahakanye Ibirego byo Kugaba Ibitero no Gufunga Minembwe Ingabo z’u Burundi (FDNB) zahakanye byeruye ibirego byatanzwe n’abaturage ba Minembwe bibashinja kubafungira amasoko no kugaba ibitero...

Read moreDetails
Next Post

U Rukiko rukuru rwo mu Gihugu c'u Burusiya, rwategetse ko abahuza ibitsina ba bisangiye(LGBT), bitwa umutwe witera bwoba kw'Isi.

Comments 2

  1. Wilson says:
    2 years ago

    Abo bitako Baribafashwe Bafashwe nabande ko Ahubwo Aringabo Za Gisegeti Nubundi Zari Zaje muzabo Hamwe Naba Zalendo.Usibye Ababyeyi Barikumwe Nabo Bari bakurikiye Inka Zabo zanyazwe Nabajenesi.(Nibo Bavugako batagomba kurekurwa).
    Amafuti Yabo Ntazashira kundu Basome

  2. Levi says:
    2 years ago

    Murakoze ku makuru mduha.
    Igitekerezo ngize nsoma iyi nkuru nuko bitari ngombwa gusubiramo kenshi ijambo “abanyamulenge bo mu bwoko bw’abatutsi”
    1. Abanyamulenge ni abatutsi birazwi, biremewe, niko bavutse kandi uwabihakana aba yigirisha.
    2. Kuvuga ngo abanyamu….bo mu bwoko bw’aba….. wagira ngo hariho abatari abo mu bwoko bw’abatutsi. Iyi myandikire yahinduka kuko kuvuga umunyamulenge uba uvuze umututsi.
    3. Iri jambo ryakoreshwa ahubwo uvuga ngo “Abatutsi bo mu bwoko bw’abanyamulenge” niho iyi nyito yaba iri mu mwanya kuko abatutsi bagizwe n’ibicw byinshi by’abantu.
    4. Niba wabivuze hamwe singombwa kubisubiramo hose wakoresha abanyamulenge kuko nibo urikuvuga.

    Cyari igitekerezo cyo kunoza imyandikire na communication.
    Murakoze

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?