Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 2, 2025
in Religion
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y’Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n’iz’u Burundi zizakubitwa nabi mu mujyi wa Uvira zigahungira mu bice bitatu.

Bikubiye mu butumwa uyu muhanuzi yaduhaye ariko yanga ko amazina ye atangazwa kubera gutinya Ingabo za Congo.

Ubuhanuzi yaduhaye bugira buti: “I Uvira hagiye kubera intambara. FARDC n’Ingabo z’u Burundi zizaneshwa, zihunge. Kandi kuneshwa kwazo kuzaba ari kubi cyane.”

Bukomeza bugira buti: “Zimwe muri zo zizahungira i Kalemi n’i Fizi, izindi zambuke i Bujumbura. Bizaba bizikomereye cyane niko Imana yambwiye.”

Nta tariki uyu muhanuzi yatanze igihe umujyi wa Uvira uzatererwamo, ariko yagaragaje ko bitagitinze, ngo nk’uko Imana ya muhishiriye ko biri hafi.

Ati: “Imana yaneretse ko intambara ya Uvira iri hafi cyane. Gusa, si namenya ngo ni uyu munsi, ariko ni vuba.”

Umujyi wa Uvira urimo ibirindiro bikaze by’ihuriro ry’Ingabo zirwanirira Leta y’i Kinshasa. Ubundi kandi usa naho ari ryo herezo rya nyuma ku ntambara yo muri Kivu y’Amajyepfo, mu gihe umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho byo wubohoza.

Byatumye Leta y’i Kinshasa iwushoraho imbaraga nyinshi, ndetse kandi no ku Burundi ni uko, kuko igihe woramuka uguye mu biganza by’aba barwanyi ba M23 n’aba Twirwaneho, icyo gihe byaba bibi kuri iki gihugu cyafashije Congo cyivuye inyuma kurwanya iyi mitwe ibiri ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC.

Ubu buhanuzi butanzwe mu gihe abarwanyi ba M23 n’aba Twirwaneho bamaze kugira ibice byinshi biri mu nkengero z’uyu mujyi wa Uvira bagenzura.
Katogota iherereye mu Kibaya cya Rusizi kiri mu ntera ngufi uvuye muri uyu mujyi, irimo aba barwanyi, imisozi ya Rurambo na yo itari kure na wo na yo igenzurwa nabo.

Hejuru y’ibyo, n’ibice bimwe byo muri teritware ya Fizi isanzwe ipakanye n’iy’i teritware ya Uvira, kuri ubu hafi yakimwe cyayo cya kabiri, iyi mitwe yarabibohoje.

Ibi bishatse kuvuga ko isaha iyariyo yose aba barwanyi igihe bo bikenerera bofata Uvira.

Tags: BazakubitwaUmuhanuziUvira
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?