• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwari umu Maï-Maï ukomeye yaguye mu mirwano.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2025
in Regional Politics
0
Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwari umu Maï-Maï ukomeye yaguye mu mirwano.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Colonel Sezar wari wungirije Jenerali Mutetezi, mu mutwe witwaje imbunda wa Maï-Maï ukorana byahafi n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yaguye mu mirwano iki gisirikare ku bufatanye n’aba barwanyi mu gitero bari bagabye mu muhana w’Abanyamulenge mu Kalingi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

FARDC n’abambari bayo barimo FDLR na Maï-Maï, ahar’ejo tariki ya 10/02/2025, ni bwo bagabye iki gitero mu Kalingi, ituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Nyuma y’aho, Twirwaneho yaratabaye yirwanaho, nk’uko n’ubundi ihora ibikora, kuko yabayeho mu rwego rwo kugira ngo izirwanirira ibyabo n’ababo.

Aya makuru akavuga ko iy’i mirwano kwari yo yaguyemo Colonel Sezar, kandi ko yapfanye n’abandi barwanyi benshi.

Ndetse kandi muri iyi ntambara yaguyemo n’abasirikare bakuru bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, barimo ufite ipeti rya major, n’undi ufite irya Captain, n’abandi basirikare babarirwa mu mirongo.

Colonel Sezar wapfuye, akomoka mu Gipupu muri Mibunda muri teritware ya Mwenga, akaba avuka mu bwoko bw’Ababembe.

Yarazwi cyane mu bikorwa byo kunyaga Inka z’Abanyamulenge, no kubica. Yayoboye ibitero byanyaze Inka z’Abanyamulenge mu Turambo, Marunde, Ngoma, no mu bindi bice byo mu Cyohagati, ndetse no mu Minembwe.

Gusa, kuri uyu wa kabiri kandi, ibi bitero by’ingabo za FARDC n’abambari bayo byongeye kugabwa ku Banyamulenge mu Mikenke, Twirwaneho ibisubiza inyuma.

Sibyo gusa, kuko no mu nkambi ya Mikenke, iri huriro rirwanirira Leta ya Kinshasa ryarirashemo ibisasu, ariko aya makuru avuga ko ntawe byahitanye cyangwa ngo bikomeretse.

Ikindi n’uko iyi nkuru ivuga ko abaturage bo mu bwoko bw’Abembe bari baturiye aka gace ka Mikenke, abenshi bahungiye mu Gipupu.

Hagataho, umutekano wo muri ibyo bice ukomeje kudogera, nubwo Twirwaneho igerageza kurwana ku baturage.

Tags: FardcMaï -maïMinkenkeTwirwaneho
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Byongeye gukara Afrika y’Epfo yagaragaje ko igiye kurwanya umutwe wa M23.

Byongeye gukara Afrika y'Epfo yagaragaje ko igiye kurwanya umutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?