• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, May 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwari umu Maï-Maï ukomeye yaguye mu mirwano.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2025
in Regional Politics
0
Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwari umu Maï-Maï ukomeye yaguye mu mirwano.

You might also like

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Colonel Sezar wari wungirije Jenerali Mutetezi, mu mutwe witwaje imbunda wa Maï-Maï ukorana byahafi n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yaguye mu mirwano iki gisirikare ku bufatanye n’aba barwanyi mu gitero bari bagabye mu muhana w’Abanyamulenge mu Kalingi, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

FARDC n’abambari bayo barimo FDLR na Maï-Maï, ahar’ejo tariki ya 10/02/2025, ni bwo bagabye iki gitero mu Kalingi, ituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Nyuma y’aho, Twirwaneho yaratabaye yirwanaho, nk’uko n’ubundi ihora ibikora, kuko yabayeho mu rwego rwo kugira ngo izirwanirira ibyabo n’ababo.

Aya makuru akavuga ko iy’i mirwano kwari yo yaguyemo Colonel Sezar, kandi ko yapfanye n’abandi barwanyi benshi.

Ndetse kandi muri iyi ntambara yaguyemo n’abasirikare bakuru bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, barimo ufite ipeti rya major, n’undi ufite irya Captain, n’abandi basirikare babarirwa mu mirongo.

Colonel Sezar wapfuye, akomoka mu Gipupu muri Mibunda muri teritware ya Mwenga, akaba avuka mu bwoko bw’Ababembe.

Yarazwi cyane mu bikorwa byo kunyaga Inka z’Abanyamulenge, no kubica. Yayoboye ibitero byanyaze Inka z’Abanyamulenge mu Turambo, Marunde, Ngoma, no mu bindi bice byo mu Cyohagati, ndetse no mu Minembwe.

Gusa, kuri uyu wa kabiri kandi, ibi bitero by’ingabo za FARDC n’abambari bayo byongeye kugabwa ku Banyamulenge mu Mikenke, Twirwaneho ibisubiza inyuma.

Sibyo gusa, kuko no mu nkambi ya Mikenke, iri huriro rirwanirira Leta ya Kinshasa ryarirashemo ibisasu, ariko aya makuru avuga ko ntawe byahitanye cyangwa ngo bikomeretse.

Ikindi n’uko iyi nkuru ivuga ko abaturage bo mu bwoko bw’Abembe bari baturiye aka gace ka Mikenke, abenshi bahungiye mu Gipupu.

Hagataho, umutekano wo muri ibyo bice ukomeje kudogera, nubwo Twirwaneho igerageza kurwana ku baturage.

Tags: FardcMaï -maïMinkenkeTwirwaneho
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

by Bahanda Bruce
May 10, 2026
0
Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027 Mu gihe u Burundi buri kwinjira mu bihe bikomeye byo kwitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka ku rwego mpuzamahanga nyuma yo...

Read moreDetails

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda Ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu gihe isi yinjira mu...

Read moreDetails

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yongeye kunenga...

Read moreDetails
Next Post
Byongeye gukara Afrika y’Epfo yagaragaje ko igiye kurwanya umutwe wa M23.

Byongeye gukara Afrika y'Epfo yagaragaje ko igiye kurwanya umutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?