Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uzwiho gukunda Abanyamulenge yabaye Bourgmestre.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 7, 2025
in Regional Politics
0
Uzwiho gukunda Abanyamulenge yabaye Bourgmestre.
192
SHARES
4.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uzwiho gukunda Abanyamulenge yabaye Bourgmestre.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho, ryashyizeho abayobozi bashya ba ma komine atatu agize umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, muri abo bashyizweho barimo na Sumbu ukunda Abanyamulenge cyane.

Ni ku munsi w’ejo ku cyumweru amakomine atatu agize umujyi wa Bukavu yabonye abayobozi bashya.

Ayo makomine harimo iya i Banda yahawe kuyoborwa na Masumbuko Kwibe Alexis, aho yungirijwe na Hakuzimana Kanani Jonathan.

Nk’uko kandi itangazo ubuyobozi bwa AFC bwashyize hanze ribigaragaza nuko uwitwa Byamungu Casmir Emmanuel yagizwe Bourgoumestre wa komine ya Kadutu, yungirizwa na Bulikoliko Rene.

Mu gihe bwana Sumbu Socrate yagizwe Bourgmestre wa komine ya Bagira, aho nawe yungirijwe na Muhoza Shyaka Jean Marie ukomoka i Mulenge.

Sumbu wagizwe Bourgmestre wa komine ya Bugira, avuka mu bwoko bw’Ababangubangu, azwiho gukunda Abanyamulenge.

Ni mu gihe agira n’umurara yiyita wa Banyamulenge, kuko avuga ko ari “Umusegege.” Ubundi kandi azwi kuba yarafashije Abanyamulenge bazaga kwivuriza i Bukavu. Aba akaba ari ababaga barakomereye ku ntambara.

Si byo gusa kuko afite n’ibindi bikorwa byinshi afasha muri m23 no muri Twirwaneho.

Ikigeretseho avuga ko umugore bazubakana azava muri ubu bwoko bw’Abanyamulenge kandi ko ari Umunyabyinshi.

Tags: BagiraBukavuSocrate
Share77Tweet48Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Kagame yagarutse kubihe bishaririye Abanyarwanda banyuzemo n’ibyo barigucyamo ubu.

Kagame yagarutse kubihe bishaririye Abanyarwanda banyuzemo n'ibyo barigucyamo ubu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?