• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Visi perezida wa Kenya Kithure Kindiki warahiye ni muntu ki.

minebwenews by minebwenews
November 2, 2024
in Regional Politics
0
Visi perezida wa Kenya Kithure Kindiki warahiye ni muntu ki.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Visi perezida wa Kenya Kithure Kindiki warahiye ni muntu ki.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Prof. Kithure Kindiki yarahiriye umwanya wa visi perezida wa Repubulika ya Kenya, nyuma y’iminsi icumi nine ishize inteko ishinga mategeko y’iki gihugu yeguje Rigathi Gachagua.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 01/11/2024, nibwo umuhango wo kurahira kwa Prof.Kithure Kindiki wabaye.

Kindiki ni umugabo w’imyaka 52 y’amavuko, yahoze ari umwalimu muri kaminuza aho yigishaga amategeko.

Kindiki afite impamyabumenyi y’icyiciro cya mbere cya kaminuza mu by’amategeko(LL.B) yakuye muri Kaminuza ya Moi, Postgraduate Diploma mu by’amategeko n’ubundi yakuye mu ishuri ry’amategeko rya Kenya, impamya bumenyi yikirenga(LL.M), na doctorat(PC.D) mu mategeko mpuzamahanga yakuye muri Afrika y’Epfo.

Ababanye nawe bamusobanuye nk’umukozi wa rubanda. Yavutse mu 1972, akaba n’umubyeyi w’abana batatu.

Mu ijambo rye ari kurahira, Kindiki yavuze ko “kuba asimbuye Gachagua, ari “Ikimenyetso cy’uko demokarasi yateye imbere muri Kenya kandi inzego zacu zikora neza.”

Yanemereye perezida Ruto “kumwumvira no gukorera munsi y’ububasha bwe, kandi ko atazamuhemukira.”

Ruto yashyizeho minisitiri w’umutekano imbere mu gihugu, Musalia Muvandi, asimbuye uyu warahiye.

Ubwo polisi yahanganaga bikomeye n’abigaragambya, Kindiki wabaye visi perezida, yashimye uburyo igipolisi cya Kenya cyabyitwayemo, ahakana ko nta tegeko ryatanzwe ryo kurasa abigaragambya.

Muri iyo myigaragabyo abantu barenga 40 barishwe abandi barenga 300 barakomereka.

Abiganjemo urubyiruko, biraye mu mihanda, bamagana itegeko ryo kongera umusoro ku bintu bitandukanye byiswe “Finance Bill.” Kugira ngo rifashe kuzahura ubukungu bw’igihugu.

Tubibutsa ko Kindiki yari umwe mubahataniraga kwiyamamazanya na Ruto mu gihe cy’amatora yo mu 2022 ngo azamubere visi perezida ntibyakunda, ariko agirwa minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu nyuma gato y’uko perezida atangiye imirimo ye mu kwezi kwa cyenda mu mwaka w’ 2022.

Tags: KenyaKindiki
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano yongeye gukarira ingabo za FARDC muri Kivu Yaruguru.

Imirwano yongeye gukarira ingabo za FARDC muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?