• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 24, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo kwanga Gen Gasita Leta ntigire icyo ibikoraho, byatumye bamwe bo muri FARDC bayitoroka

You might also like

AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k’Umutekano mu Gitutu Gikomeye

Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry’Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y’Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu.”

Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces

Abasirikare babiri bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, barimo ufite ipeti rya Captain na mugenzi we ufite irya Sergeant bacyiyonkoyeho biyunga ku ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, ni nyuma y’aho Wazalendo banze Brigadier General Olivier Gasita ko ayobora ibikorwa bya gisirikare muri Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Aba basirikare ni Captain Gakunzi n’undi ufite ipeti rya Sergeant. Bombi nk’uko amakuru abivuga bavuka muri Kivu y’Amajyepfo, bakaba ari abo mu bwoko bw’Abanyamulenge.

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kabiri tariki ya 22/09/2025, ni bwo bakiriwe mu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho i Nyangezi mu birometero bike uvuye mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Nk’uko babivuga bakoreraga mu misozi igenzurwa n’igisirikare cya RDC, FDLR na Wazalendo iri hejuru y’umujyi wa Kaziba muri teritware ya Walungu.

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka wa 2025 ni bwo Kaziba yabohojwe na AFC/M23/MRDP nyuma y’imirwano ikaze n”Ingabo za RDC. Ni imirwano yarangiye uruhande rwa Leta ruhungiye muri iyo misozi iri hejuru y’icyo gice.

Basobanuye ko mu byatumye biyonkora kuri FARDC byavuye kukuba Wazalendo babita abashyitsi mu gihugu cyabo, ubundi kandi ngo hakaba nubwo babita abanzi b’iki gihugu.

Banavuga kandi ko kuba General Olivier Gasita yaranzwe na Wazalendo kuyobora ibikorwa bya gisirikare i Uvira, kandi yariyahatumwe na perezida w’igihugu mu ntangiriro z’uku kwezi kwa cyenda, biri mubyatumye binubira iki gisirikare cyiwe, ngo kuko n’ubundi ntacyo cyigeze kibikoraho.

Ubwo bageraga mu nzira bacitse, hari aho bageze bitangwa na Wazalendo, ari na bwo bahise babavunderezamo urufaya rw’amasasu, birangira bakijijwe n’amaguru, maze na bo bikomereza urugendo rwabo.

Kuri ubu bamaze kwakirwa, aho bazanye n’imbunda zibiri zo mu bwoko bwa AK-47, n’izindi nto zirimo n’amagrenade.

Umwe wo mu muryango wa Captain Gakunzi yaduhaye ubutumwa agaragaza ko yishimiye itoraka rye, agira ati: “Yaraye acitse. Ari i Nyangezi. Ibyo gukomeza gusuzugurwa yabigaye! Kuba yasanze abandi banze ako gasuzuguro kuri twe n’impundu nyinshi.”

Yongeyeho ati: “Yari major nubwo byari bitaraba confirmed, ariko yarabitegereje. Ariko ayo ma petit yo kwa Tshisekedi ni ubusa, icya ngombwa ni uko avuye muri iyo ngirwa ngo ni Leta.”

Tags: bayiyonkoyehoFardcGakunzi
Share38Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k’Umutekano mu Gitutu Gikomeye

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k’Umutekano mu Gitutu Gikomeye

AFC/M23 Yasabye Loni Ibisobanuro ku Bihano Yayifatiye; Ibaruwa Yayo Ishobora Gushyira Akanama k'Umutekano mu Gitutu Gikomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryashyikirije Akanama k'Umutekano k'Umuryango...

Read moreDetails

Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry’Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y’Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu.”

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry’Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y’Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu.”

Baraka: Ubuyobozi Butangaje Ifatwa ry'Abantu 19 Barimo Abapolisi na Wazalendo Nyuma y'Imyigaragambyo Yahitanye Umuntu." MINEMBWE CAPITAL NEWS Ubuyobozi bwo mu Mujyi wa Baraka, muri Teritwari ya Fizi, Intara...

Read moreDetails

Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces

Latest Update on the Fighting in Kabanju and the Withdrawal of FARDC and Its Allied Forces MINEMBWE CAPITAL NEWS Reliable information gathered by Minembwe Capital News indicates that...

Read moreDetails

Amakuru Mashya ku Mirwano ya Kabanju n’Isubira Inyuma ry’Ingabo za FARDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Amakuru Mashya ku Mirwano ya Kabanju n’Isubira Inyuma ry’Ingabo za FARDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

Amakuru Mashya ku Mirwano ya Kabanju n'Isubira Inyuma ry'Ingabo za FARDC n'Abafatanyabikorwa Bazo MINEMBWE CAPITAL NEWS Amakuru yizewe Minembwe Capital News yakusanyije agaragaza ko tariki ya 30/07/2026, MRDP-Twirwaneho...

Read moreDetails

C64 Byayikomeranye: Nyuma y’Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw’Iri Huriro mu Kindi Gihugu

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
C64 Byayikomeranye: Nyuma y’Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw’Iri Huriro mu Kindi Gihugu

C64 Byayikomeranye: Nyuma y'Urugendo i Burundi, Haravugwa Urundi Rugendo rw'Iri Huriro mu Kindi Gihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhangana n'ibibazo...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe uko byagenze kugira Wazalendo bivugwe ko batewe mu Gipupu n’ahandi

Havuzwe uko byagenze kugira Wazalendo bivugwe ko batewe mu Gipupu n'ahandi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?