• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
March 3, 2025
in Regional Politics
0
Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.
165
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Yategetswe kwicyukurira imva barangije bayimuhambamo, ibirimo kuba ku Banyamulenge.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Muri Kivu y’Amajyepfo, Umugabo w’Umunyamulenge, Wazalendo bamwishe urwagashyinyaguro, aho bamutegetse kwicyukurira imva, barangije bayimuhambamo babanje ku mutemagura, nk’uko ubuhamya bubivuga.

Uwishwe uru rupfu rwagashyinyaguro ni umugabo w’Umunyamulenge witwa Mahoro Tambwe, uvuka mu nzu y’Abasinga, mwenewabo wahafi na Lt.Gen.Pacifique Masunzu uyobora zone ya gatatu y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo; intara iyi zone ireba harimo n’iyi ntara ya Kivu y’Epfo aho icyo gikorwa cy’ubunyamanswa cyakorewe.

Amakuru avuga ko uyu mugabo wasize umwana umwe n’umugore umwe, yafashwe na Wazalendo, kandi ko bamufatiye i Bukavu.

Ni mu gihe yari avuye i Kamanyola agirira uruzinduko rusanzwe aha i Bukavu ahazwi nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, akaba yari agiye gusura abavandimwe be batuye yo.

Ubu buhamya bwahawe Minembwe.com bukomeza buvuga ko nyuma y’aho Wazalendo bafashe uy’umugabo bahise bamujana baramwica. Bikavugwa ko mbere yuko bamwica bamutegetse kwicyukurira imva, arayicukura, barangije bayimuhambamo babanje ku mutemagura.

Ubwo buhamya bugira buti: “Wazalendo bafashe Mahoro Tambwe avuye i Kamanyola, ariko bamufatiye i Bukavu. Twamenye ko bamutegetse kwicyukurira imva. Iyo yacukuye ni nayo bamuhambyemo. Mbere yuko bamuhanba babanje ku mutemagura.”

Nta kindi Mahoro yazize usibye isura ye, n’ubwoko bwe, kabone nubwo yari mwenewabo na General Pacifique Masunzu ukorera ubutegetsi bw’i Kinshasa.
Abanyamulenge bamaze igihe bicwa imfu nk’izi, kuko na Maj.Joseph Kaminzobe wari umusirikare wa Leta yishwe abanje gutemagurwa, aratwikwa inyama ze barazidya.

Si abo banyine na Captain Gisore Rukatura Kabongo yiciwe i Goma muburyo nk’ubwo. Uyu nawe yari umusirikare wa Leta, ikibabaje yakuwe mubandi yicwa nkaburiya buryo bwavuzwe haruguru.

Ariko ibi byose umuryango mpuzamahanga urabireba ukicyecekera, mu gihe uzi neza ko Abanyamulenge bicwa imfu zagashyinyaguro kukagambane ka Leta y’i Kinshasa iyobowe na perezida Felix Tshisekedi.

Tags: AbanyamulengeImvaKwicwa
Share66Tweet41Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

Umuyobozi Bisimwa wo muri m23, yavuze impamvu birwanaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?