• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 9, 2025
in Conflict & Security
0
Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

You might also like

FARDC yifashishije indege y’intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru

Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Makyambe Mishembe Laurent wahoze ari administrateur wungirije wa teritware ya Minembwe iyari yarashyizweho n’umutwe wa RDC warwanyaga ubutegetsi bw’i Kinshasa mu mwaka wa 1998 kugeza muri 2003 yishwe arashwe nyuma yo gushimutwa n’igisirikare cya RDC(FARDC), nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa mbere tariki ya 08/09/2025, ni bwo Makyambe yashimuswe, akaba yarashimutiwe hafi n’umuhana wa Mikenke awo yaratuyemo.

Byavuzwe ko yashimuswe n’igisirikare cya RDC, kandi ko cyahise kimwerekeza i Tuwetuwe mu ruhande rugana kuri Point Zero ahari icyicaro cy’ingabo z’u Burundi, Wazalendo na FARDC ndetse na FDLR.

Hari amakuru yatanzwe rugikubita avuga ko yasekewe n’umuyobozi wa secteur ya Itombwe, bwana Elewano Zidane. Aya makuru yavugaga ko uyu muyobozi wa secteur ya Itombwe yamushinjaga gukorana byahafi n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa MRDP-Twirwaneho n’uwa M23.

Mu butumwa bwazindutse butangwa n’umuryango wa Makyambe wishwe, buvuga ko bwatoye umurambo we, kandi ko bwasanze yarishwe arashwe.

Bugira buti: “Twasanze aho Makyambe yiciwe, kandi yishwe arashwe. Birababaje.”

Umuryango we ntawe wigeze utunga agatoki, ariko uvuga ko ubabajwe n’abakoze ayo mahano.

Makyambe usibye kuba yarahoze yungirije Jondwe wahoze ari administrateur wa teritware ya Minembwe igihe cya RCD, yanabaye kandi Chef de secteur ya Itombwe mu myaka itanu ishize.

Ubundi kandi inshuro zirenga imwe yiyamamaje ku mwanya w’ubudepite ku rwego rwa teritware ya Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo, ariko izo nshuro zose agatsindwa.

Tags: FardcMakyembeMikenkeYishwe Arashwe
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

FARDC yifashishije indege y’intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

FARDC yifashishije indege y'intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru Ibitero by'indege z'intambara z'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, byagabwe mu gace gatuwe n'abaturage n'ahari ibirindiro...

Read moreDetails

Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Ubuyobozi bw'ibanze bwavuze ku nkongi y'Umuriro yibasiye amazu i Bukavu Ni bura abantu 14 ni bo bahasize ubuzima mu nkongi y'umuriro yadutse mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk'umurwa...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze Umukuru w'igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho...

Read moreDetails

Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b’inka barimo n’aba Banyamulenge

Tanganyika ikomeje kubera ibamba abacuruzi b'inka barimo n'aba Banyamulenge Ikiyaga cya Tanganyika gikomeje kuba ikibazo gikomeye ku bacuruzi b'inka barimo n'aba Banyamulenge bazicururiza i Kalemi mu ntara ya...

Read moreDetails

AFC/M23 yahakanye ibirego iregwa ku bijyanye n’amabuye y’agaciro

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

AFC/M23 yahakanye ibirego iregwa ku bijyanye n'amabuye y'agaciro Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryateye utwatsi ibirego birishinja gusahura amabuye...

Read moreDetails
Next Post
Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

Ay'indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy'indege cya Bujumbura igana muri RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?