Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Joe Biden, yashimiye umukuru w’igihugu ca Angola, kuruhare yagize rwo kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 1, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yashimiye perezida João Lorenço wa Angola kuba ngo yaragize uruhare runini mu gushakira u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo amahoro.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Perezida wa Angola João Lorenço, asanzwe ari umuhuza ku makimbirane y’intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo. Asanzwe kandi akuriye na International Conference Region(CIRGL). Uy’u Mukuru w’igihugu ca Angola yagiye azana nu buryo bushya bwoguhuza u Rwanda n’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi wa RDC, n’imugihe ibi bihugu byombi byagiye birangwa no kugirana umwuka mubi ahanini ushingiye ku ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC aho Kinshasa ishinja Kigali gushigikira M23 ibyo Kigali yagiye itera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu mwaka w’ 1994.

Nk’uko bigaragara i Gihugu cya Repubulika ya Angola cyagiye kiberamo i Nama zigamije kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDC. Zari i Nama ahanini ziteguwe nu muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC) n’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC ndetse n’indi miryango itandukanye.

Muntangiriro z’iki Cyumweru, kandi uhagarariye umuryango w’u bumwe bw’Afrika Moussa Faki na Antonio Guterres uyoboye u muryango w’Abibumbye, bahuriye i New York aho barimo barebera hamwe ikibazo cy’u mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo.

Muribyo biganiro bagiranye, nabo ubwabo bashimiye leta Zunze ubumwe za Amerika kuba baragize uruhare runini kugira u mwuka mubi wari hagati ya RDC n’u Rwanda uhagarare, ni mugihe uhagarariye ubutasi bw’Amerika aheruka gukorera urugendo i Kinshasa na Kigali, rwari uruzinduko rugamije guhosha amakimbirane arihagati ya Kinshasa na Kigali.

Bariya bayobozi Moussa Faki na Antonio Guterres bari i New York, nabo bashimiye u butegetsi bwa Luanda kuba baragize uruhare mukugarura Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Gusa kugeza ubu u Burasirazuba bwa RDC buracarimo imirwano hagati y’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa n’u mutwe wa M23, aho no kumunsi w’ejo hashize tariki 30/11/2023, mu bicye byo muri teritware ya Masisi habaye guhangana gukaze kumpande zihanganye. Bikaba bizwi ko teritware ya Masisi na Rutsuru bitazabamo Amatora ategerejwe kuba mu mpera z’u kwezi kwa Cumi nabiri, nk’uko byanatangajwe na perezida Félix Antoine Tshisekedi.

Kuba u Burasirazuba bwa RDC bautazageramo Amatora biva ku mutekano wakomeje kuba ndanze.

Bruce Bahanda.

Tags: Kuba yaragize uruhare runini rwo kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDCPerezida wa Angola yashimiye n'u Mukuru wa leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa M23 mu byagisirikare, yanyomoje amakuru avuga ko biyambaje Abacanshuro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?