Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Ubukene igihugu c’u Burundi, gifite biri mu bituma leta ya Bujumbura, yohereza ingabo zayo kwica Abatutsi, muri Congo,” bya tangajwe na Berterand Bisimwa, perezida wa M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 30, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ari mu Ntara ya Cankuzo, tariki ya 29/12/2023, yagiranye ikiganiro n’itangaza makuru ryo mu Burundi, ashinja u mutwe wa M23, kuba urimo abarundi bo mu mutwe wa Red Tabara, irwanya leta ya Bujumbura, yongeye gushinja Guverinoma ya Kigali, kuba ifasha, kandi igatoza Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi nibyo Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yagarutseho, mu Gitondo cyokuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30/12/2023, aho yagaragaje ko yanenze byimazeyo, umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Bwana Bertrand Bisimwa, akoresheje urubuga rwa X, yagize ati: “Buriya, Evariste Ndayishimiye, arashaka urwitwazo, rwo kugira ngo akomeze yice Abatutsi muri Congo, nk’uko n’ubundi ari mu kubikora akoresheje Ingabo ze z’ibarizwa k’ubutaka bwo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo na FDLR.”

“Amagambo perezida w’u Burundi, yabwiye itangaza makuru ryo mu gihugu cye, ntashingiro afite, n’ibinyoma byambaye ubusa. Leta y’u Burundi, izi neza ko ibyo Perezida wabo, avuga ko ari ibinyoma, kuvuga biriya afite ibyashaka, n’ukugira ngo akomeze yohereze ingabo ze muri RDC, zije gusahura umutungo wa Congo.”

Yakomeje avuga ati: “Ingabo z’u Burundi (FDNB), zamaze kw’injira mu ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, ishaka kurandura Abatutsi kw’Isi na Wazalendo, bashinjwa kwica no kunyaga ibyaba Tutsi. Iriya mitwe y’itwazako irwanya M23 ariko sibyo bica Abaturage no kunyaga ibyabo.”

Bisimwa, yanavuze ko kugira ngo ingabo z’u Burundi, zoherezwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, harimo ko igihugu c’u Burundi, cyifashe nabi mu butunzi.

Ati: “Erega kugira ngo leta y’u Burundi, yohereze ingabo zabo muri RDC, harimo n’uko u Burundi bukenye. Igihugu c’u Burundi, cyifashe nabi mu butunzi, barashaka kuja guhaha no kunyaga ibya Batutsi.”

Yunzemo kandi ati: “Kuba leta y’u Burundi ishaka guharabika u Rwanda, buriya rero barashaka kwe geka ibibazo by’ubekene biri mu gihugu cyabo bavuge ko bakenye kubera u Rwanda, nk’uko perezida Félix Tshisekedi, nawe yagiye agaragaza integenke ze akavuga ko byatewe n’u Rwanda. Ibi Kandi perezida Peter Nkunziza w’u Burundi, mu mwaka w’2015, yafashe ibibazo byari mu Burundi, abyitirira u Rwanda.”

“Ku ki bananirwa gukemura ibibazo by’i bihugu, byabo bakabyitirira abandi?”

Hagati aho leta y’u Rwanda, yavuze ko ntaho ihuriye n’ibyo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko igihugu c’u Rwanda, gifasha u mutwe wa Red Tabara.

Bruce Bahanda.

Tags: Ubukene igihugu c'u Burundi gifite biri mu bituma leta ya Bujumbura yohereza ingabo zayo kwica Abatutsi muri Congo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Abarimo Brig Gen Dieudonne Muhima, azwiho kwica no gukandamiza Abanyamulenge, barafunzwe i Kinshasa, k'umurwa mukuru w'igihugu ca RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?