• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo Brig Gen Dieudonne Muhima, azwiho kwica no gukandamiza Abanyamulenge, barafunzwe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’igihugu ca RDC.

minebwenews by minebwenews
December 30, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo General Dieudonne Muhima, w’igeze gukandamiza Abanyamulenge, bo mu bwoko bw’Abatutsi no kubica barafunzwe i Kinshasa, bazira ibyaha, birimo n’u businzi no gukoresha ububasha bafite mu kw’iba igihugu ca RDC.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Bya vuzwe ko hafunzwe Major Gen Bruno Mpenzo Mbele na Brigadier General Dieudonne Muhima, bafungiwe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, imaze guhabwa n’inzego zishinzwe ubutasi, mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), ahamya ko General Muhima we, amaze iminsi 14(ibyumweru bibiri), afungiwe i Kinshasa mu gihe Major Gen Bruno Mpenzo Mbele, we, yahagaritswe kuri uyu wa Kane, tariki ya 28/12/2023.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Gen Muhima, yazize ‘ubusinzi.’ Minembwe Capital News, yahawe ubuhamya bugira buti: “Umugaba mu kuru w’ingabo za FARDC, zirwanira k’u butaka, Gen Far, yahamagaye Muhima, ashaka ku muha message undi nawe amwitabana agasuzuguro.”

Nk’uko bya vuzwe n’uko Brig Gen. Dieudonne Muhima, kuba yaritabye shebuja asinze akanagaragaza umuco mubi biri mu byamukururiye akaga kamugejeje imbere muri gereza.

Naho Major Gen Bruno Mpenzo Mbele, azira kuba yarakoresheje inshingano ze kurenga amategeko ya Gisirikare amugenga, ni mugihe yashizeho Axe, itemewe ayishiraho kugira ize imubyarira inyungu ze zidafasha igihugu.

Major Gen Bruno Mpenzo Mbele, yari Komanda, ureba 34ème region miltaire, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, akaba yari y’ungirijwe na Brig Gen Dieudonne Muhima.

Brig Gen Dieudonne Muhima, azwiho kwica abaturage ba Banyamulenge, mu misozi miremire y’Imulenge, ahagana mu mwaka w’2019 na 2020, n’imyaka Ingabo za FARDC zomuri brigade ya 12, zari ziyobowe na Gen Dieudonne Muhima, zakoze ibibi birimo kwifatanya na Maï Maï Bishambuke, kugaba ibitero mu Banyamulenge, baturiye Komine Minembwe, Mibunda na Kamombo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abarimo Brig Gen Dieudonne Muhima azwiho kwica no gukandamiza AbanyamulengeBarafunzwe i Kinshasa k'umurwa mukuru w'i Gihugu ca RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za FARDC, i b'Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, zakoze akarasisi kadasanzwe.

Comments 1

  1. Ndagiro Desire says:
    2 years ago

    Bafunzwe.nande se? Gusa politique ntigira inshuti. wasa nabo bitaboroheye,

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?