• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo Brig Gen Dieudonne Muhima, azwiho kwica no gukandamiza Abanyamulenge, barafunzwe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’igihugu ca RDC.

minebwenews by minebwenews
December 30, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo General Dieudonne Muhima, w’igeze gukandamiza Abanyamulenge, bo mu bwoko bw’Abatutsi no kubica barafunzwe i Kinshasa, bazira ibyaha, birimo n’u businzi no gukoresha ububasha bafite mu kw’iba igihugu ca RDC.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Bya vuzwe ko hafunzwe Major Gen Bruno Mpenzo Mbele na Brigadier General Dieudonne Muhima, bafungiwe i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, imaze guhabwa n’inzego zishinzwe ubutasi, mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), ahamya ko General Muhima we, amaze iminsi 14(ibyumweru bibiri), afungiwe i Kinshasa mu gihe Major Gen Bruno Mpenzo Mbele, we, yahagaritswe kuri uyu wa Kane, tariki ya 28/12/2023.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Gen Muhima, yazize ‘ubusinzi.’ Minembwe Capital News, yahawe ubuhamya bugira buti: “Umugaba mu kuru w’ingabo za FARDC, zirwanira k’u butaka, Gen Far, yahamagaye Muhima, ashaka ku muha message undi nawe amwitabana agasuzuguro.”

Nk’uko bya vuzwe n’uko Brig Gen. Dieudonne Muhima, kuba yaritabye shebuja asinze akanagaragaza umuco mubi biri mu byamukururiye akaga kamugejeje imbere muri gereza.

Naho Major Gen Bruno Mpenzo Mbele, azira kuba yarakoresheje inshingano ze kurenga amategeko ya Gisirikare amugenga, ni mugihe yashizeho Axe, itemewe ayishiraho kugira ize imubyarira inyungu ze zidafasha igihugu.

Major Gen Bruno Mpenzo Mbele, yari Komanda, ureba 34ème region miltaire, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, akaba yari y’ungirijwe na Brig Gen Dieudonne Muhima.

Brig Gen Dieudonne Muhima, azwiho kwica abaturage ba Banyamulenge, mu misozi miremire y’Imulenge, ahagana mu mwaka w’2019 na 2020, n’imyaka Ingabo za FARDC zomuri brigade ya 12, zari ziyobowe na Gen Dieudonne Muhima, zakoze ibibi birimo kwifatanya na Maï Maï Bishambuke, kugaba ibitero mu Banyamulenge, baturiye Komine Minembwe, Mibunda na Kamombo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abarimo Brig Gen Dieudonne Muhima azwiho kwica no gukandamiza AbanyamulengeBarafunzwe i Kinshasa k'umurwa mukuru w'i Gihugu ca RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za FARDC, i b'Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, zakoze akarasisi kadasanzwe.

Comments 1

  1. Ndagiro Desire says:
    2 years ago

    Bafunzwe.nande se? Gusa politique ntigira inshuti. wasa nabo bitaboroheye,

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?