Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yongeye kw’i koma u Rwanda, anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye gushinja Guverinoma ya Kigali, gucumbikira Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara, irwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibi n’ibyo Evariste Ndayishimiye, yaraye avuze, mw’ijambo rye ryo kwifuriza abarundi umwaka mwiza w’2024.

Evariste Ndayishimiye, yagize ati: “Ku byo kwa mbura imbunda Inyeshamba za Red Tabara, twari tugize iminsi tuganira n’ubutegetsi bw’u Rwanda, ngo turebe ko bo kw’i kubita agashi bagashikiriza ubutabera bw’u Burundi, abarwanyi ba Red Tabara, ariko twaje gusanga neza twarimo twirusha ubusa. U Rwanda rwa dufataga kumaso, ngo badusamaze ba bone uburyo baguma kwe geranya abarwanyi buwo mutwe.”

Yakomeje agira ati:”Icyo tugiye gukora tugiye gushiraho Ingamba nshyasha zikumira ubwicanyi bukorerwa Abana b’u Burundi.”

Perezida Evariste Ndayishimiye, yanatangarije abarundi ko agiye gusaba ibihugu Mpuzamahanga, ku mufasha kwa magana leta ya perezida Paul Kagame, w’u Rwanda.

U Rwanda, binyuze mu muvugizi wayo, aheruka guhakana ibyo baheruka kuregwa na perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, ubwo yari mu Ntara ya Cankuzo, yashinje Kigali gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara. Muricyo gihe kandi umukuru w’igihugu c’u Burundi, yatangarije abarundi ko mu mutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, habamo n’inyeshamba za Red Tabara, ibyo Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yamaganye hubwo agashinja Evariste Ndayishimiye, guhabwa ruswa na leta ya Kinshasa, kugira ngo ingabo z’u Burundi, zifatanye na FDLR na Wazalendo, kurwanya M23.

Muri raporo nshya ihereruka gushirwa hanze n’u muryango w’Abibumbye, yavuze ko ingabo z’u Burundi, zinjiye rwi hishwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Iy’i raporo ikomeza ivuga ko abasirikare b’u Burundi, ba barenga 1000 bivanze n’igisirikare ca RDC, bakaba bafatikanya kurwanya M23, nk’uko bya tangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Bruce Bahanda.

Tags: Anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshyaUmukuru w'igihugu c'u BurundiYongeye kw'ikoma u Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Abatemera i bya vuye mu matora, muri RDC, bagiye gusubizwa naho perezida Félix Tshisekedi, ya bwiye abanyekongo ko intsinzi ariyabo...

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?