• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyekongo bo ngeye kwibaza ibihe bagiye kwinjiramo nyuma y’uko Moïse Katumbi, atangaje ibikaze.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 01/01/2023, Moïse Katumbi, yongeye gutera Abanyekongo kwibaza icyaba ki giye gukurikiraho nyuma y’uko CENI, itangaje uwatsinze Amatora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ku Cyumweru, tariki 31/12/2023, n’ibwo CENI, yatangaje bya gateganyo ko Félix Tshisekedi, yatsinze Amatora yo kw’itariki 20/12/2023, aho yatsindanye amajwi 73%, Moïse Katumbi aza k’umwanya wa 2 na majwi 18%.

Katumbi Moïse, wari Umukandinda k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, akaba atemera ibya vuye mu matora, yatangaje, ati: “Igihe n’iki ngo tubohoze Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ive mu maboko y’ababi! Nyuma y’urugendo rwo mu myaka ya 1960 na 1997, ibindi bihe bishya byo kuvana Abanyekongo mu butegetsi bw’igitugu tugiye ku byinjiramo.”

Yunzemo Kandi ati: “Nk’uko Patrice Lumumba na Mzee Laurent Desire Kabila, ba bikoze bazana impinduka muri RDC niko natwe tugiye kubikora.”

Katumbi yasoje agira ati: “Niyemeje gukiza Abanyekongo no kubavana mu buretwa bagizemo igihe.”

Ishyaka rya Ensemble pour La Republique, rya Moïse Katumbi, ryo, riheruka gutangaza ko kandida wabo Moïse Katumbi, kwariwe watsinze Amatora ko Kandi batazigera bemera ibyavuye mu matora yo kw’itariki 20/12/2023.

Ubwo batangaza ba bwiye Abanyekongo ko no mugihe kandida wabo Moïse Katumbi, azemera ibya vuye mu matora bo batazigera ba byemera nagato.

Bruce Bahanda.

Tags: Abanyekongo bo ngeye kwibaza ibihe bagiye kwinjiramo nyuma y'uko Moïse KatumbiAtangaje ibikaze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Ishirahamwe ry'Abari n'Abategarugori bo mu Burundi banenze perezida w'u Burundi, washinje u Rwanda gufasha Red Tabara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?