• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishirahamwe ry’Abari n’Abategarugori bo mu Burundi banenze perezida w’u Burundi, washinje u Rwanda gufasha Red Tabara.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe ry’ A bari n’Abategarugori bo mu gihugu c’u Burundi, banenze ijambo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aheruka kugeza k’u Barundi, aho yashinje u Rwanda, gufasha no gucumbikira Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara, zirwanya leta ya Bujumbura.

You might also like

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

Binyuze mu muyobozi mu kuru wiryo shirahamwe r’izwi kw’izina rya “Inamahoro,” umuyobozi waryo, mukuru madame Marie Louise, yagize ati: “I kibazo cyo gushinja u Rwanda, ko arirwo nyiribayazana w’ibibazo biri mu Burundi, sibyo, nagato! Ibibazo by’u Burundi biri mu maboko y’abarundi kugira ngo bishire bivana n’uruhare abarundi ba bigizemo bafashijwe n’ubuyobozi.”

“Kwegeka i bibazo u Burundi, bufite ukavuga ko ba bitewe n’ibihugu by’abaturanyi sinshidikanya ko aho hatarimo kwibesha. Harimo kwibesha rwose.”

Yakomeje agira ati: “I bibazo by’abarundi abarundi bagomba ku byikemurira bonyine. Igihe ingorane zawe uzazegeka ku bandi, bigaragaza ko ushaka ko inshingano zawe uzazekorerwa n’abandi.”

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ijambo rye, ku Barundi, rizosa umwaka w’2023, y’ikomye u Rwanda, avuga ko rufasha Red Tabara, ko kandi bacyumbikiye izo Nyeshamba.

Yagize ati: “Twari tugize iminsi tuganira n’ubutegetsi bw’u Rwanda, ku kibazo cya Red Tabara, tuziko bazobohereza mu Burundi ngo bacirwe urubanza ariko twaje gusanga u Rwanda rwara dufata kumaso, hubwo barimo ba begeranya ngo babone uko batera u Burundi.”

“Tugiye gufata Ingamba nshyasha ku Rwanda, tuzasaba amahanga adufashe kw’ikoma u Rwanda, ru cyumbikiye Red Tabara.”

Ndayishimiye kandi, yashinje u mutwe wa M23 ko urimo abarwanyi ba Red Tabara. Ibyo M23 itera utwatsi hubwo bagashinja leta ya Bujumbura, guhabwa ruswa na Kinshasa, kugira ngo ingabo z’u Burundi zifatanye na FDLR, FARDC na Wazalendo, ku rwanya umutwe wa M23.

Ubwo perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagezaga ijambo ku banyarwanda, tariki ya 31/12/2023, yavuze ko icyo azakomeza gushira imbere ko ari umutekano wa banyarwanda ko kandi abatekereza gushwanyaguza u Rwanda aribo bizabaho.

Ati: “Ndagira ngo mbabwire ko dushobora kunengwa no kuvugwa nabi uko byaba bingana kose n’ubwo kenshi byaba bidafite ishingiro. Twe tuzakomeza gukora ibikenewe ku gira ngo Abanyarwanda bahore batekanye uko byagenda kose.”

“Kuvuga ngo umuntu arategura imigambi ye yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, gutera u Rwanda akarushwanyaguza? icyo tuzi niki se? Aho gushwanyagurika, twarahageze turahazi, ahubwo bizaba kubatekereza kugira gutyo.”

Yakomeje agira ati: “Nta gishobora kutubaho kiri hanyuma y’ibyatubayeho, ubwo rero Ushobora ku dukiriraho cyangwa kudukoresha kugira ngo agere ku bye, ibyo biramureba.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abifuza gushwanyaguza u Rwanda nibo bizabahoBanenze Ndayishimiye w'u Burundi washinjye u Rwanda gufasha Red TabaraIshirahamwe ryabari n'Abategarugori bo mu gihugu cu BurundiKagame w'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa Ikibazo cy’ibura ry’amazi meza gikomeje guteza impungenge mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Bujumbura no mu nkengero zawo, aho...

Read moreDetails

Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere

Bujumbura: Inama Mpuzamahanga y’Amahoro Ihuriyemo Urubyiruko rwa RDC, Mu Gihe Ikibazo cy’Abanyamulenge Kiri Mu Maso y’Akarere MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe Afurika ikomeje gushakisha ibisubizo birambye ku...

Read moreDetails

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe” Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko abantu 15 barekuwe na Leta ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD

Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umwuka wa politiki n’umutekano mu Burundi wongeye...

Read moreDetails

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

by Bahanda Bruce
August 9, 2026
0
“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umurundikazi witwa Pamella Mubeza, uheruka kuva muri Canada...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare wiswe intwari mu Ngabo za RDC, Colonel Mamadou Ndala Moustapha, imyaka 10 irarangiye apfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?