• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishirahamwe ry’Abari n’Abategarugori bo mu Burundi banenze perezida w’u Burundi, washinje u Rwanda gufasha Red Tabara.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe ry’ A bari n’Abategarugori bo mu gihugu c’u Burundi, banenze ijambo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aheruka kugeza k’u Barundi, aho yashinje u Rwanda, gufasha no gucumbikira Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara, zirwanya leta ya Bujumbura.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Binyuze mu muyobozi mu kuru wiryo shirahamwe r’izwi kw’izina rya “Inamahoro,” umuyobozi waryo, mukuru madame Marie Louise, yagize ati: “I kibazo cyo gushinja u Rwanda, ko arirwo nyiribayazana w’ibibazo biri mu Burundi, sibyo, nagato! Ibibazo by’u Burundi biri mu maboko y’abarundi kugira ngo bishire bivana n’uruhare abarundi ba bigizemo bafashijwe n’ubuyobozi.”

“Kwegeka i bibazo u Burundi, bufite ukavuga ko ba bitewe n’ibihugu by’abaturanyi sinshidikanya ko aho hatarimo kwibesha. Harimo kwibesha rwose.”

Yakomeje agira ati: “I bibazo by’abarundi abarundi bagomba ku byikemurira bonyine. Igihe ingorane zawe uzazegeka ku bandi, bigaragaza ko ushaka ko inshingano zawe uzazekorerwa n’abandi.”

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ijambo rye, ku Barundi, rizosa umwaka w’2023, y’ikomye u Rwanda, avuga ko rufasha Red Tabara, ko kandi bacyumbikiye izo Nyeshamba.

Yagize ati: “Twari tugize iminsi tuganira n’ubutegetsi bw’u Rwanda, ku kibazo cya Red Tabara, tuziko bazobohereza mu Burundi ngo bacirwe urubanza ariko twaje gusanga u Rwanda rwara dufata kumaso, hubwo barimo ba begeranya ngo babone uko batera u Burundi.”

“Tugiye gufata Ingamba nshyasha ku Rwanda, tuzasaba amahanga adufashe kw’ikoma u Rwanda, ru cyumbikiye Red Tabara.”

Ndayishimiye kandi, yashinje u mutwe wa M23 ko urimo abarwanyi ba Red Tabara. Ibyo M23 itera utwatsi hubwo bagashinja leta ya Bujumbura, guhabwa ruswa na Kinshasa, kugira ngo ingabo z’u Burundi zifatanye na FDLR, FARDC na Wazalendo, ku rwanya umutwe wa M23.

Ubwo perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagezaga ijambo ku banyarwanda, tariki ya 31/12/2023, yavuze ko icyo azakomeza gushira imbere ko ari umutekano wa banyarwanda ko kandi abatekereza gushwanyaguza u Rwanda aribo bizabaho.

Ati: “Ndagira ngo mbabwire ko dushobora kunengwa no kuvugwa nabi uko byaba bingana kose n’ubwo kenshi byaba bidafite ishingiro. Twe tuzakomeza gukora ibikenewe ku gira ngo Abanyarwanda bahore batekanye uko byagenda kose.”

“Kuvuga ngo umuntu arategura imigambi ye yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, gutera u Rwanda akarushwanyaguza? icyo tuzi niki se? Aho gushwanyagurika, twarahageze turahazi, ahubwo bizaba kubatekereza kugira gutyo.”

Yakomeje agira ati: “Nta gishobora kutubaho kiri hanyuma y’ibyatubayeho, ubwo rero Ushobora ku dukiriraho cyangwa kudukoresha kugira ngo agere ku bye, ibyo biramureba.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abifuza gushwanyaguza u Rwanda nibo bizabahoBanenze Ndayishimiye w'u Burundi washinjye u Rwanda gufasha Red TabaraIshirahamwe ryabari n'Abategarugori bo mu gihugu cu BurundiKagame w'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare wiswe intwari mu Ngabo za RDC, Colonel Mamadou Ndala Moustapha, imyaka 10 irarangiye apfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?