• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Munama yahuje abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, bemezanije ingingo zikarishye.

minebwenews by minebwenews
January 7, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ijambo nyamukuru abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bahurijeho n’uko Amatora munzego zose yaseswa hakongera kuba Amatora bundi bushya.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni kuri uy’u wa Gatandatu, tariki ya 06/01/2024, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahuriye i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abarimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Dr Denis Mukwege n’abandi.

Guhura kw’aba bakandida ninyuma y’uko Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, yarimaze gusesa Amatora k’u rwego rwa badepite, aho ndetse abadepite bagera kuri 82 ibyabo byiswe ko “habayemo uburiganya,” bituma bi ba infabusha.

Muri bimwe bemezanije muriyo Nama idasanzwe yahuje abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

N’ibi: “CENI, ubwayo yonyine yiyemereye ko mu matora yo kw’itariki 20/12/2023, habaye uburiganya. Bityo rero ibi nibyo twari twarakomeje kwereka Isi.”

“Perezida wa Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora, Denis Kadima, gusesa Amatora k’u rwego rwa badepite, arashaka guhunga icyaha! Kuki Amatora yo seswa ku rwego rwa badepite gusa? Amatora yari muri rusange ntibikunda ko habaye uburiganya gusa ku badepite nibemere Amatora aseswe no k’urwego rwa badepite.”

Bakomeje bavuga ko, bagiye guhamagara abanyekongo bose kugira bamagane uburiganya bwa komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora (CENI).

Ati: “Turahamagarira abanye-kongo bose, kutemera imikino ikinwa na Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora (CENI), ibyo turimo turakurikiza ingingo ya 64, y’itegeko nshinga irengera Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.”

Bruce Bahanda.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, yigambye kuba bafite igisirikare gikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?