Leta ya Israel yasabye umunyamahanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, António Guterress kuva kuri ubwo buyobozi .
Igihugu cya Israel cya tanze ik’i cyifuzo binyuze kuri minisitiri w’ubanye n’amahanga wayo Katz Israel, aho avuga ko Guterress António agomba kuva muri izo nshingano ngo kuko atazishoboye.
Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Israel avuga kandi ko igitero cya Hamas muri Israel cyagabwe umwaka ushize ko hari ibihugu bibarizwa mu muryango wa L’ONI byagize uruhare runini mur’icyo gitero cya Hamas.
Nyuma yakiriya gitero cya Hamas, Israel yashinje umuryango w’Abibumbye kugira uruhare runini mugitero icyo gihugu cyagabweho na Hamas tariki ya 07/10/2023.
Katz akomeza avuga ko umuryango w’Abibumbye ko utigeze ugaragaza ubushake bwo guhagarika intambara muri Gaza, ndetse bamwe mubakozi ba L’ONI bakagaragaza gushigikira uruhande rwa Gaza.
Ikinyamakuru cya The New Times giherutse gutangaza ko hari raporo y’ibanga Israel imaze kubona igaragaza ko uy’u muryango w’Abibumbye ufite uruhare mu gitero Hamas yagabye muri Israel tariki ya 7/10/2024.
Iyo raporo ikaba yarabonetse mugihe L’ONI yari yabanjye gusaba Israel ibimenyetso bifatika kuruhare rwa L’ONI mu gitero cya Hamas icyo gihe birabura, kuri ubu bivugwa ko ibyo bimenyetso byabonetse.
Bruce Bahanda.