• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, May 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Ngugu na Murambi, bari gutabariza abaturage bashimuswe n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
0
I Ngugu na Murambi, bari gutabariza abaturage bashimuswe n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage baturiye i Ngugu na Murambi muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, baratabariza abantu ba bo bakomeje gushimutwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bafatanije n’ingabo za SADC.

You might also like

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

Ni mugihe umugabo wo mu bwoko bw’Abatutsi uzwi kw’izina rya Bisengimana J.Paul, akaba umwuzukuru wa Nzanira, nk’uko bya vuzwe yashimuswe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa na SADC

Bisengimana washimuswe azira ubwoko bwe Abatutsi, nk’uko bivugwa na baturiye ibice bya Ngugu.

Mu nyandiko urubuga rwa Rutsuru bashize hanze zivuga ko Bisengimana, ubwo yafatwaga na Wazalendo hamwe n’abafatanya bikorwa babo aribo FARDC, FDLR na SADC, ba mujanye bavuga ko Bisengimana J.Paul akorana byahafi n’umutwe wa M23.

Uru rubuga rukomeza ruvuga ko J.Paul ntaho ahuriye n’uwo mutwe wa M23 ko ahubwo azize kuba ari uwo m’ubwoko bw’Abatutsi.

Si ubwambere Abatutsi bahohoterwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuko hari ibyegeranyo byagiye bisohorwa n’imiryango igizwe n’Abatutsi byamagana leta ya Kinshasa kutagaragaza ubushake bwo kurenganura Abatutsi bahohoterwa na Wazalendo.

Umwaka w’2023, ahagana mukwezi kwa munani, umuryango wa Mahoro Peace Association, wakoresheje ibiganiro i Nairobi mu gihugu cya Kenya, mur’ibyo biganiro bagaragaza ko Abatutsi bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo ndetse n’Abahema bo mu Ntara ya Ituri ko bahohotewe mu myaka ya vuba n’ambere yaho ahanini ugasanga barimo guhohoterwa n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Wazalendo.

Mur’icyo kiganiro cyari cyateguwe ku bufasha bwa Mahoro Peace Association, hari hatumiwemo n’ibinyamakuru Mpuzamahanga harimo n’abavuye mu bihugu byo mu Burayi.

Abahagurutse gutanga ubuhamya mur’icyo kiganiro hafi yabose basabaga ko leta ya Kinshasa n’Imiryango Mpuzamahanga ko bo renganura abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi bakomeje kurenganirwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Hari Abanyamulenge ba barirwa mu magana bafungiwe mu magereza yo hirya no hino muri RDC bamwe bakaba bafungiwe ahatazwi bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Bruce Bahanda.

Tags: Baratabariza abaturage bari gushimutwaI Ngugu na Murambi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations Le président de la République démocratique du Congo, Félix Tshisekedi, a reçu l’émissaire spécial du...

Read moreDetails

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yakiriye intumwa yihariye ya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,...

Read moreDetails

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu Muri iyi minsi, mu Burundi hongeye kuvugwa amakuru n’ibihuha bivuga ko...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye Perezida wa Kenya, , ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki...

Read moreDetails

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Tanzania ukomeje gushingira...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burasirazuba bwa RDC, ngohaba hagiye kuba isibaniro ry’intambara ni mugihe ibya SADC na FARDC byagiye hanze.

Mu Burasirazuba bwa RDC, ngohaba hagiye kuba isibaniro ry'intambara ni mugihe ibya SADC na FARDC byagiye hanze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?