• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Ngugu na Murambi, bari gutabariza abaturage bashimuswe n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
0
I Ngugu na Murambi, bari gutabariza abaturage bashimuswe n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage baturiye i Ngugu na Murambi muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, baratabariza abantu ba bo bakomeje gushimutwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bafatanije n’ingabo za SADC.

You might also like

Umutwe wa Jean-Luc Habyarimana Wongeye Kugarukwaho mu Burasirazuba bwa RDC: Icyo Amakuru Avuga ku Mikoranire n’Amatsinda Ahamaze Igihe Arwanira muri Kivu y’Amajyepfo

L’Angola Critique Indirectement le Projet de Dialogue National de Tshisekedi

Angola Yamaganye Mu Buryo Butaziguye Gahunda ya Tshisekedi yibiganiro by’Abanyekongo

Ni mugihe umugabo wo mu bwoko bw’Abatutsi uzwi kw’izina rya Bisengimana J.Paul, akaba umwuzukuru wa Nzanira, nk’uko bya vuzwe yashimuswe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa na SADC

Bisengimana washimuswe azira ubwoko bwe Abatutsi, nk’uko bivugwa na baturiye ibice bya Ngugu.

Mu nyandiko urubuga rwa Rutsuru bashize hanze zivuga ko Bisengimana, ubwo yafatwaga na Wazalendo hamwe n’abafatanya bikorwa babo aribo FARDC, FDLR na SADC, ba mujanye bavuga ko Bisengimana J.Paul akorana byahafi n’umutwe wa M23.

Uru rubuga rukomeza ruvuga ko J.Paul ntaho ahuriye n’uwo mutwe wa M23 ko ahubwo azize kuba ari uwo m’ubwoko bw’Abatutsi.

Si ubwambere Abatutsi bahohoterwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuko hari ibyegeranyo byagiye bisohorwa n’imiryango igizwe n’Abatutsi byamagana leta ya Kinshasa kutagaragaza ubushake bwo kurenganura Abatutsi bahohoterwa na Wazalendo.

Umwaka w’2023, ahagana mukwezi kwa munani, umuryango wa Mahoro Peace Association, wakoresheje ibiganiro i Nairobi mu gihugu cya Kenya, mur’ibyo biganiro bagaragaza ko Abatutsi bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo ndetse n’Abahema bo mu Ntara ya Ituri ko bahohotewe mu myaka ya vuba n’ambere yaho ahanini ugasanga barimo guhohoterwa n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Wazalendo.

Mur’icyo kiganiro cyari cyateguwe ku bufasha bwa Mahoro Peace Association, hari hatumiwemo n’ibinyamakuru Mpuzamahanga harimo n’abavuye mu bihugu byo mu Burayi.

Abahagurutse gutanga ubuhamya mur’icyo kiganiro hafi yabose basabaga ko leta ya Kinshasa n’Imiryango Mpuzamahanga ko bo renganura abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi bakomeje kurenganirwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Hari Abanyamulenge ba barirwa mu magana bafungiwe mu magereza yo hirya no hino muri RDC bamwe bakaba bafungiwe ahatazwi bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Bruce Bahanda.

Tags: Baratabariza abaturage bari gushimutwaI Ngugu na Murambi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umutwe wa Jean-Luc Habyarimana Wongeye Kugarukwaho mu Burasirazuba bwa RDC: Icyo Amakuru Avuga ku Mikoranire n’Amatsinda Ahamaze Igihe Arwanira muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
Umutwe wa Jean-Luc Habyarimana Wongeye Kugarukwaho mu Burasirazuba bwa RDC: Icyo Amakuru Avuga ku Mikoranire n’Amatsinda Ahamaze Igihe Arwanira muri Kivu y’Amajyepfo

Umutwe wa Jean-Luc Habyarimana Wongeye Kugarukwaho mu Burasirazuba bwa RDC: Icyo Amakuru Avuga ku Mikoranire n’Amatsinda Ahamaze Igihe Arwanira muri Kivu y’Amajyepfo Mu gihe umutekano ukomeje kuba ikibazo...

Read moreDetails

L’Angola Critique Indirectement le Projet de Dialogue National de Tshisekedi

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
L’Angola Critique Indirectement le Projet de Dialogue National de Tshisekedi

L’Angola Critique Indirectement le Projet de Dialogue National de Tshisekedi Des informations provenant du processus de médiation angolais indiquent qu’au mois de mai, le président Félix Tshisekedi a...

Read moreDetails

Angola Yamaganye Mu Buryo Butaziguye Gahunda ya Tshisekedi yibiganiro by’Abanyekongo

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
La Politique de Tshisekedi Peut-Elle Conduire à la Balkanisation de la RDC ? Analyse de l’Orientation de Son Pouvoir et de Ses Conséquences sur l’Unité Nationale

Angola Yamaganye Mu Buryo Butaziguye Gahunda ya Tshisekedi yibiganiro by'Abanyekongo Amakuru aturuka mu rwego rw’ubuhuza bwa Angola agaragaza ko mu kwezi kwa gatanu, Perezida Félix Tshisekedi yoherereje i...

Read moreDetails

Tshisekedi et Ndayishimiye Réaffirment leur Coopération Militaire dans l’Est de la RDC ; les Combats à Minembwe et la Question des FDLR Restent au Centre des Préoccupations

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
Perezida Ndayishimiye i Kinshasa mu Ruzinduko rw’Iminsi Ibiri: Ibiganiro ku Mutekano wa RDC, Minembwe n’Ibibazo bya Politiki Bihanzwe Amaso

Tshisekedi et Ndayishimiye Réaffirment leur Coopération Militaire dans l’Est de la RDC ; les Combats à Minembwe et la Question des FDLR Restent au Centre des Préoccupations Alors...

Read moreDetails

Tshisekedi na Ndayishimiye Bashimangiye Ubufatanye bwa Gisirikare mu Burasirazuba bwa RDC; Intambara zo muri Minembwe n’Ikibazo cya FDLR Bikomeje Kuba Ingingo Nkuru

by Bahanda Bruce
June 24, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yitezwe i Kinshasa mu Gihe Ingabo Ze Zikomeje Gutakariza Ubuzima mu Mirwano Zashoye ku Banyamulenge: Byinshi ku Ruzinduko Rwe n’Ibyitezwe mu Biganiro na Tshisekedi

Tshisekedi na Ndayishimiye Bashimangiye Ubufatanye bwa Gisirikare mu Burasirazuba bwa RDC; Intambara zo muri Minembwe n’Ikibazo cya FDLR Bikomeje Kuba Ingingo Nkuru Mu gihe abayobozi ba Repubulika Iharanira...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burasirazuba bwa RDC, ngohaba hagiye kuba isibaniro ry’intambara ni mugihe ibya SADC na FARDC byagiye hanze.

Mu Burasirazuba bwa RDC, ngohaba hagiye kuba isibaniro ry'intambara ni mugihe ibya SADC na FARDC byagiye hanze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?