• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Burasirazuba bwa RDC, ngohaba hagiye kuba isibaniro ry’intambara ni mugihe ibya SADC na FARDC byagiye hanze.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
1
Mu Burasirazuba bwa RDC, ngohaba hagiye kuba isibaniro ry’intambara ni mugihe ibya SADC na FARDC byagiye hanze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo yahinduye isura.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nyuma y’uko ingabo za SADC zigereye muri Congo, gufasha ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kurwanya M23 ubu haravugwa umugambi ukomeye w’izo ngabo wo kurwanya M23, ni bivugwa n’ikinyamakuru cya Chimp Reports, cyandikirwa muri Uganda.

Iki Kinyamakuru kivuga ko cyamenye amakuru y’umugambi mushya w’urugamba, aho ngo abasirikare bakuru ba FARDC n’abo mu ngabo za SADC, bamaze kunoza ibyo guhangana na M23.

Nk’uko Chimpa Reports ibivuga n’uko habaye kwemeza ko bagomba gukoresha ibibunda bikomeye mu rwego rwo kugira ngo bahashye M23, n’ubwo n’ubundi bahora bifashisha intwaro ziremereye.

Ikomeza ivuga ko FARDC na SADC n’abambari babo aribo FDLR, Wagner na Wazalendo, muri uy’u mugambi mushya bazifashisha abasirikare ibihumbi ijana mu ku rwanya umutwe wa M23.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko hazakoreshwa n’indege z’uburyo bwose z’intambara zirimo n’izitagira abapilote zizwi nka drone zinagize n’iminsi zikoreshwa na FARDC.

Uy’u mugambi bikavugwa ko wamaze kunozwa ko ndetse na perezida Félix Tshisekedi yamaze kohereza Major Gen Shora Mabondani, waraye ageze i Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru, aho yaje kuyobora 34 Region Multaire. Uy’u muyobozi wa FARDC ubwo yari amaze kugera i Goma yakiriwe mu cyubahiro maze aza guhabwa i jambo asaba abanyekongo gushigikira Ingabo za RDC, yemeza ko abaturage nibakorana byahafi n’ingabo ko ntakabuza bazatsinda.

Gusa n’ubwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zigaragaza ko zamaze kw’injira m’uwundi mugambi w’urugamba ariko ngo k’uruhande rwa M23 nabo ntibasinziriye kuko bagaragaza ko bamaze kwa mbarira guhangana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Ibi byemezwa n’u muhuza bikorwa wa M23 bwana Benjamin Mbonimpa, aho aheruka gushira inyandiko hanze zivuga ko “M23 idafite ahandi ho kuba ko ahubwo bari iwabo, bityo ati tuzarwana mpaka.”

Mu minsi ibarirwa ku ntoki ibi kandi byagiye bishimangirwa n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagiye avuga ko kwihangana no gukomeza gusaba leta ya Kinshasa ibiganiro ko bimaze kubarambira ko ahubwo bagiye kurwana mpaka bakuyeho ubutegetsi bwa Tshisekedi, bo bita ko ari bubi.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcIsibaniro ry'intambaraM23Mu Burasirazuba bwa RDCSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
I huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mirwano yo kuri uy’u wa Kane, bambuwe n’ibice birimo ibirombe bya mabuye y’agaciro.

I huriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mirwano yo kuri uy'u wa Kane, bambuwe n'ibice birimo ibirombe bya mabuye y'agaciro.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    2 years ago

    Ntabwo Congo ifite ingabo nkeya. Icyo Congo yabuze kugirango isenye umutwe wa M23 Niki? Icyo yabuze sadc izagikurahe kandi ntacyo irikurwanira? Yuko ntabwo irikurwanira ubusugire bwubutaka bwabo. Gutanga ikiguzi cyamaraso kuri sadc ntabyo ndikubona.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?