• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mu Burasirazuba bwa RDC, ngohaba hagiye kuba isibaniro ry’intambara ni mugihe ibya SADC na FARDC byagiye hanze.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
1
Mu Burasirazuba bwa RDC, ngohaba hagiye kuba isibaniro ry’intambara ni mugihe ibya SADC na FARDC byagiye hanze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo yahinduye isura.

You might also like

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

Gen. Kabarebe Yahishuye Uruhare rwa Perezida Kagame mu Kumenyekanisha Tshisekedi ku Isi

Nyuma y’uko ingabo za SADC zigereye muri Congo, gufasha ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kurwanya M23 ubu haravugwa umugambi ukomeye w’izo ngabo wo kurwanya M23, ni bivugwa n’ikinyamakuru cya Chimp Reports, cyandikirwa muri Uganda.

Iki Kinyamakuru kivuga ko cyamenye amakuru y’umugambi mushya w’urugamba, aho ngo abasirikare bakuru ba FARDC n’abo mu ngabo za SADC, bamaze kunoza ibyo guhangana na M23.

Nk’uko Chimpa Reports ibivuga n’uko habaye kwemeza ko bagomba gukoresha ibibunda bikomeye mu rwego rwo kugira ngo bahashye M23, n’ubwo n’ubundi bahora bifashisha intwaro ziremereye.

Ikomeza ivuga ko FARDC na SADC n’abambari babo aribo FDLR, Wagner na Wazalendo, muri uy’u mugambi mushya bazifashisha abasirikare ibihumbi ijana mu ku rwanya umutwe wa M23.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko hazakoreshwa n’indege z’uburyo bwose z’intambara zirimo n’izitagira abapilote zizwi nka drone zinagize n’iminsi zikoreshwa na FARDC.

Uy’u mugambi bikavugwa ko wamaze kunozwa ko ndetse na perezida Félix Tshisekedi yamaze kohereza Major Gen Shora Mabondani, waraye ageze i Goma k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru, aho yaje kuyobora 34 Region Multaire. Uy’u muyobozi wa FARDC ubwo yari amaze kugera i Goma yakiriwe mu cyubahiro maze aza guhabwa i jambo asaba abanyekongo gushigikira Ingabo za RDC, yemeza ko abaturage nibakorana byahafi n’ingabo ko ntakabuza bazatsinda.

Gusa n’ubwo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zigaragaza ko zamaze kw’injira m’uwundi mugambi w’urugamba ariko ngo k’uruhande rwa M23 nabo ntibasinziriye kuko bagaragaza ko bamaze kwa mbarira guhangana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Ibi byemezwa n’u muhuza bikorwa wa M23 bwana Benjamin Mbonimpa, aho aheruka gushira inyandiko hanze zivuga ko “M23 idafite ahandi ho kuba ko ahubwo bari iwabo, bityo ati tuzarwana mpaka.”

Mu minsi ibarirwa ku ntoki ibi kandi byagiye bishimangirwa n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagiye avuga ko kwihangana no gukomeza gusaba leta ya Kinshasa ibiganiro ko bimaze kubarambira ko ahubwo bagiye kurwana mpaka bakuyeho ubutegetsi bwa Tshisekedi, bo bita ko ari bubi.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcIsibaniro ry'intambaraM23Mu Burasirazuba bwa RDCSADC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Une enquête internationale...

Read moreDetails

RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

RDC Mu Rujijo Nyuma y'Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Iperereza mpuzamahanga ryakozwe na Lighthouse Reports ku bufatanye na...

Read moreDetails

Gen. Kabarebe Yahishuye Uruhare rwa Perezida Kagame mu Kumenyekanisha Tshisekedi ku Isi

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Gen. Kabarebe Yahishuye Uruhare rwa Perezida Kagame mu Kumenyekanisha Tshisekedi ku Isi

Gen. Kabarebe Yahishuye Uruhare rwa Perezida Kagame mu Kumenyekanisha Tshisekedi ku Isi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu kiganiro aherutse kugirana n'itangazamakuru, Gen. James Kabarebe, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe...

Read moreDetails

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial MINEMBWE CAPITAL NEWS The ongoing...

Read moreDetails

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Umusesenguzi Christian Moleka Yagaragaje Impungenge ko RDC Ishobora Guhura n’Ibyago byo Gucikamo Ibice

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw'Ingabo z'u Burundi Rukomeje Guteza Impaka MINEMBWE CAPITAL NEWS Imirwano ikomeje kubera...

Read moreDetails
Next Post
I huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mirwano yo kuri uy’u wa Kane, bambuwe n’ibice birimo ibirombe bya mabuye y’agaciro.

I huriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mirwano yo kuri uy'u wa Kane, bambuwe n'ibice birimo ibirombe bya mabuye y'agaciro.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    3 years ago

    Ntabwo Congo ifite ingabo nkeya. Icyo Congo yabuze kugirango isenye umutwe wa M23 Niki? Icyo yabuze sadc izagikurahe kandi ntacyo irikurwanira? Yuko ntabwo irikurwanira ubusugire bwubutaka bwabo. Gutanga ikiguzi cyamaraso kuri sadc ntabyo ndikubona.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?