Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 17, 2024
in Regional Politics
0
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku ki buga cy’indege cya Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haturikiye ibisasu bi biri, kugeza ubu batazi ubiri inyuma.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni amakuru avuga ko ibyo bisasu byatewe neza mu gace gaherereye ku k’ibuga cy’indege cya Goma. Byarashwe igihe c’isaha umunani z’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17/02/2024.

Kugeza ubu nta muntu uremezwa cyangwa umutwe w’inyeshamba uwariwe wese bivugwa ko waba uri inyuma y’iryo terwa ry’i bi sasu.

Bi baye mugihe muri Ethiopia hari kubera i Nama yiga ku mutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Iy’i Nama ibaye mugihe M23 iri mu mirwano ikaze, aho ihanganye n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zifatanije n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo, ndetse n’Ingabo za SADC n’izu Burundi, tudasize abacancuro baje bava muri Romania no mu Burusiya.

Kugeza ubu impande zihanganye zikomeje imirwano, ndetse n’uyumunsi ahitwa za mu Bambiro, mu birometre bike n’u Mujyi wa Sake, habaye ibyo bita Sharing ku ruhande rw’ingabo za RDC. Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zakoze iyo sharing, berekeza mu birindiro bya M23.

Iy’i mirwano bivugwa ko ishobora kubyara ibindi u Mujyi wa Goma ukaba woja mu maboko y’ingabo za Gen Sultan Makenga.

Kuba hari ubwoba ko u Mujyi wa Goma wo fatwa na M23, n’uko uy’u Mujyi uza ku mwanya wa Gatatu mu mijyi ikomeye muri RDC, nyuma ya Kinshasa na Lubumbashi, Goma niwo Mujyi wa Gatatu ukomeye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, niwo centre ya mbere ry’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro nka zahabu, Coltan, Tin/etain n’ayandi ava mu birombe bikungahaye cyane byo muri teritware ya za Masisi, Walikale na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Urugero, Rubaya, agace k’ingenzi cyane ku bucukuzi bwa Coltan ku rwego rw’isi ko muri teritware ya Masisi kari mu ntera y’ibirometre 50 n’u Mujyi wa Goma.

Ibi biri mubituma isi yose ihanga amaso u Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kimwe ho perezida Félix Tshisekedi ubwo yarimo yiyamaza mu matora aheruka kuba muri RDC, yasezeranije abanyekongo ko nta muntu cyangwa umutwe w’inyeshamba uwari we wese uzambura ubutegetsi bwa Kinshasa u Mujyi wa Goma! Ariko kandi muri icyo gihe yari yanavuze ko nta kandi gace M23 izongera ku bambura. Nyuma y’ubwo ihuriro ry’Ingabo ze, zimaze kwa mburwa ibice byinshi harimo n’uko imihanda ihuza u Mujyi wa Goma naza teritware bigenzurwa n’u wo mutwe.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibisasu bi biriK'u k'ibuga cy'indege cya GomaTin
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
SADC, FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi, bahunze amasigamana mu  mirwano yabasakiranije na M23 muri Mbuhi.

SADC, FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n'Ingabo z'u Burundi, bahunze amasigamana mu mirwano yabasakiranije na M23 muri Mbuhi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?