• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2024
in Regional Politics
0
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, ku ki buga cy’indege cya Goma, hatewe ibisasu bi biri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku ki buga cy’indege cya Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, haturikiye ibisasu bi biri, kugeza ubu batazi ubiri inyuma.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni amakuru avuga ko ibyo bisasu byatewe neza mu gace gaherereye ku k’ibuga cy’indege cya Goma. Byarashwe igihe c’isaha umunani z’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17/02/2024.

Kugeza ubu nta muntu uremezwa cyangwa umutwe w’inyeshamba uwariwe wese bivugwa ko waba uri inyuma y’iryo terwa ry’i bi sasu.

Bi baye mugihe muri Ethiopia hari kubera i Nama yiga ku mutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Iy’i Nama ibaye mugihe M23 iri mu mirwano ikaze, aho ihanganye n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zifatanije n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo, ndetse n’Ingabo za SADC n’izu Burundi, tudasize abacancuro baje bava muri Romania no mu Burusiya.

Kugeza ubu impande zihanganye zikomeje imirwano, ndetse n’uyumunsi ahitwa za mu Bambiro, mu birometre bike n’u Mujyi wa Sake, habaye ibyo bita Sharing ku ruhande rw’ingabo za RDC. Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zakoze iyo sharing, berekeza mu birindiro bya M23.

Iy’i mirwano bivugwa ko ishobora kubyara ibindi u Mujyi wa Goma ukaba woja mu maboko y’ingabo za Gen Sultan Makenga.

Kuba hari ubwoba ko u Mujyi wa Goma wo fatwa na M23, n’uko uy’u Mujyi uza ku mwanya wa Gatatu mu mijyi ikomeye muri RDC, nyuma ya Kinshasa na Lubumbashi, Goma niwo Mujyi wa Gatatu ukomeye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, niwo centre ya mbere ry’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro nka zahabu, Coltan, Tin/etain n’ayandi ava mu birombe bikungahaye cyane byo muri teritware ya za Masisi, Walikale na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Urugero, Rubaya, agace k’ingenzi cyane ku bucukuzi bwa Coltan ku rwego rw’isi ko muri teritware ya Masisi kari mu ntera y’ibirometre 50 n’u Mujyi wa Goma.

Ibi biri mubituma isi yose ihanga amaso u Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Kimwe ho perezida Félix Tshisekedi ubwo yarimo yiyamaza mu matora aheruka kuba muri RDC, yasezeranije abanyekongo ko nta muntu cyangwa umutwe w’inyeshamba uwari we wese uzambura ubutegetsi bwa Kinshasa u Mujyi wa Goma! Ariko kandi muri icyo gihe yari yanavuze ko nta kandi gace M23 izongera ku bambura. Nyuma y’ubwo ihuriro ry’Ingabo ze, zimaze kwa mburwa ibice byinshi harimo n’uko imihanda ihuza u Mujyi wa Goma naza teritware bigenzurwa n’u wo mutwe.

Bruce Bahanda.

Tags: Ibisasu bi biriK'u k'ibuga cy'indege cya GomaTin
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
SADC, FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi, bahunze amasigamana mu  mirwano yabasakiranije na M23 muri Mbuhi.

SADC, FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo n'Ingabo z'u Burundi, bahunze amasigamana mu mirwano yabasakiranije na M23 muri Mbuhi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?